Posts

Showing posts from 2026

ENGLISH TO LUGANDA

Greetings in ENGLISH TO LUGANDA ๐Ÿค๐Ÿค๐Ÿค๐Ÿค๐Ÿค๐Ÿค Good evening. Osibye otya Good morning. Amakya amalungi/wasuze otya. Good afternoon. Osibye otya. How are you? Ogamba otya/oli otya? How are you today? Ogamba otya leero? I am fine. Ndi bulungi. Have a good day. Siiba bulungi/olunaku olulungi. I am doing great Ndi bulungi. Hi/hello. Abeyo. Nice to meet you. Kilungi okusisinkana. See you soon. Tunaalabagana/tulabagane. See you later. Tulabagane edda. Love words in Luganda ENGLISH LUGANDA I love you. Nkwagala. I miss you. Nkusubwa. Love you much. Nkwagala nyo nyo. I want to see you. Njagala kulaba. I love you with all my heart. Nkwagala n’omutima gwange gwona. I love you too. Nange nkwagala. I like you. Nkwagala. You are beautiful. Oli mubalagavu/mulungi. My love. Omwaagalwa/ow’omukwano. You look beautiful. Olabika bulungi/oli musuffu. My beautiful wife. Mukyala wange omulungi. I miss you so much darling. Nkusubwa nyo ow’omukwano. I need you. Nkwetaga. You will miss me. Oja ku nsubwa. Goodbye...

Musanze/ YIBARUTSE UMWANA MWIZA CYANE NYUMA YOKUMARA IMYAKA IRENGA 13 YARABUZE URUBYARO

Image
Uyu mubyeyi Yibarutse umwana yaramaze imyaka irenga 13 yose yarabuze urubyaro kubera kurogwa. Uyumubyeyi aherereye muntara yamajyaruguru mukarere ka Musanze mumurenge wa Muhoza arinaho asanzwe akorera akazi kubuganga kukigonderabuzima cya Muhoza Akaba yabyaye umwana wumukobwa. Uyu mubyeyi yitwa Eugenie avugakoyaramaze imyaka 13 yose yubatse ntarubyaro , ngo nyuma Yuko uwamuvuye amuhaye umuti ngo ntamezi yashize adatwise nyuma akaza kubyara  umwana mwiza yavutse taliki 22/03/2026 avukira mubitaro bya Ruhengeli muntara y'Amajyaruhuru.  Uyumwana kuvukakwe byashimishije benshi ndetse binatangaza benshi doreko yarategerejwe imyaka itari mike.  Mama Eunice Yakomeje kwisengera  Imana nayo izakumwibuka Imuhuza numuntu Imana yahaye kuvurisha ibyoyaremye ndetse akabarinumuntu ukunda gusenga mumiberehoye baba incuti ajya Uganda Azana imiti aramuvura arasama abyara umwana mwiza cyane wumukobwa witwa Eunice. Eunice Mbega ibyishimooooo!!!! Mbese byabaye nka yankuru yomuri Bibiliya...

UMUHANZI "YAMPANO " AKURIKIRANWEHO IBYAHA 07.

Image
Nyuma y’uko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rutangaje ko rwataye muri yombi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano mu muziki, ibyaha akurikiranyweho byageze kuri birindwi.  Inkuru dukesha ikinyamakuru IGIHE , Nuko ibyaha byavuye mu iperereza ry’ibanze nk’uko RIB yabitangaje. Birimo icyo gukubita no gukomeretsa ku bushake, gukoresha ibikangisho, kwangiza ikintu cy’undi, kunywa ibiyobyabwenge, ubwinjiracyaha ku cyaha cy’ubwicanyi, gukoresha imvugo z’ivangura n’icy’ifungiranwa ry’umuntu bitemewe n’amategeko. Kugeza ubu Yampano afungiye kuri Sitasiyo ra RIB ya Kicukiro mu gihe dosiye ye iri gutunganywa ngo yoherezwe mu Bushinjacyaha. Uko ibyaha byakozwe Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yavuze ko nyuma y’uko bakiriye ikirego ku wa 11 Gicurasi 2026, iperereza ryahise ritangira. Ku ikubitiro ryagaragaje ko mu bihe bitandukanye Yampano yagiye akubita uwo yitaga umugore (ariko babana batarasezeranye) ndetse akamena na telefone ze, ndetse yamara gukora ibyo byose agahita...

ANDI MAHIRWE YO KWINJIRA MUNGABO ZA RDF UYUMWAKA 2026

Image
Ese nawewaba wifuza kwinjira mungabo  za RDF ugafatanya nabakurubawe kurinda urwakubyaye? Ntucikwe ! Italiki iregereje aho abifuza kwinjira mungabo z'u Rwanda RDF ndetse nabifuza kujya mumutwe w'Inkeragutabara Reserve Forces , bahawe ikaze muruyumwaka wa 2026.  Nkuko itangazo ryashyizwe ahagaragara nurwego rukuru rwa gisirikare rushinzwe abakozi J1 ,  Ubuyobozi bw' igabo z'u Rwanda RDF buramenyeshya abasore ninkumi Bose bujuje ibisabwa bifuza kwinjira mugisirikare cy'u Rwanda ko bakwihutira keiyandikisha muturere babarizwamo kumataliki yatangajwe nkuko muzakubisoma mu itangazo ryashyizwe ahagaragara. Published By :  ๐ŸŒ AFRICAN CITIZEN1๐ŸŒ ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ Twandikire kuri whatsapp:  +250787134914

BIRAHINDUTSE! INDI MYANZURO IFASHWE MUMIPAKA NONAHA

Image
Ibi bibayeho nyumayuko hagaragaye icyorezo cya Ebola mugihugu cyabaturanyi cya DR Congo. Dore amakuru twakiriye uko ahagaze na raporo yakozwe igizwe nimyanzuro yafashwe. Sir,  Rubavu District  On 17th May 2026 INAMA KU CYOREZO CYA EBOLA CYAGARAGAYE MURI DRC/ GOMA  NO GUFATA INGAMBA  uyu munsi kuwa 17/05/2026 habaye Inama yahuje abayobozi ku rwego rw'Intara, RBC, Akarere, Ibitaro, Imirenge ikora ku mupaka. IMYANZURO YAFASHWE NI IYI IKURIKIRA : - Gufunga imipaka yemewe - Guhagarika burundu abaturage banyura mu nzira zitemewe - Gukora ubukarabiro bwose bwo mu mipaka - Guhagarika abaturage bava DRC baza kuvoma amazi mu Rwanda - Gufungura Command Post - Gushyiraho irondo rigenzura umupaka ku manywa na nijoro - Gukora ubukangurambaga bwihutirwa ku baturage baturiye umupaka - Gushyira abaganga bakora screening ku mipaka yose - Gutangiza "Isolation area/Rugerero" - Abanyarwanda bari muri DRC bemerewe gutaha ariko bagafatirwa ibizamini ku mupaka, bakabanza kunyura muri qu...

ICYOREZO CYA EBOLA GITUMYE IMIPAKA IFUNGWA

Image
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwabwiye ikinyamakuru AFRICAN CITIZEN1  ko imipaka ihuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo iherereye mu Karere ka Rubavu yafunzwe kubera icyorezo cya Ebola cyongeye kugaragara muri iki gihugu cya DRC. Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Mulindwa Proseper yavuze ko iki cyemezo cyatangiye gushyirwa mu bikorwa mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki ya 17 Gicurasi 2026, mu rwego rwo guhagarika urujya n’uruza, no kwirinda ko icyorezo cya Ebola cyagera mu Rwanda. Yavuze ko Abanyarwanda bari muri RDC bo bafashwa gutaha. Ati “Buri gihe umunyarwanda aba afite uburenganzira bwo gutaha mu gihugu nk’uko n’umunye-Congo aba afite uburenganzira bwo gutaha mu gihugu cye, icyo gihe banyura ku mipaka bakagira uko bakirwa haba hari inzego z’ubuzima zigira uko zibasuzuma.” Umuyobozi w’akarere ka Rubavu avuga ko abambuka bari kubanza gusuzumwa harebwa niba nta bwandu bwa Ebola bafite, ndetse n’ingamba z’isuku zakajijwe kandi hagakorwa ubukangurambaga b...

UMUHURURA UVURA IBIBI:

Image
Umuhurura   utarandaranda  ni ikimera cy'ifashishwa mu kuvura irwara zitandukanye, kuko nka mabababi y'muhurura uyarambika aharwaye igisebe kigakira, afasha mukuvura ishaza ryo mujisho, uvuguta amababi ugakamura ikijojoba muri buri jisho, inda y'umugore utwite yenda kuvamo, iyo uwuseku mu isekuru maze ugashiramo amazi nka litiro, uvura ububabare, mugihe uhekenye amababi yawo, ukavura kubyimba umwijima ibitetse muri litiro y'amazi ukannya igice cy'ikirahure mu by'umweru 3, Umuhururura ufasha mukuvura irwara z'uruhu, Umuhurura ufite imyungu ngugu, Umuhurura urirwa nkimboga. ๐ŸŒ๐ŸŒ๐ŸŒ๐ŸŒ๐ŸŒ๐ŸŒ๐ŸŒ๐ŸŒ๐ŸŒ๐ŸŒ๐ŸŒ๐ŸŒ๐ŸŒ Umwanditsi: Dr MU

IGICUMUCUMU, UMUTI KIMEZA IMANA YATWIHEREYE. DORE UMARO...

Image
Ku rubuga lavierebelle.org , bavuga ko ubushakashatsi bwakozwe ku gicumucumu bwagaragaje ko icyo kimera cyigiramo ubushobozi bwo kurinda abantu gukunda gufatwa n’ibintu byitwa imbwa ku mikaya (muscles), cyigirimo ubushobozi bwo kugabanya ububabare kandi kidatera ikinya (antinociceptive), cyigiramo ubushobozi bwo kurinda ububyimbe (anti-inflammatoire), ubwo gutuma isukari igabanuka mu maraso no kurinda diyabete(antidiabรฉtiques), gifasha kandi mu kurwanya udukoko dutoya twa bagiteri dukunze gutera indwara, (antibactรฉriennes). Igicumucumu kandi cyigiramo ubushobozi bwo kurinda uruhu rw’umuntu gusaza imburagihe, ubwo gukiza ibisebe, no korohereza abakobwa cyangwa abagore baribwa mu nda cyane mu gihe bari mu mihango, kikanafasha mu kurwanya ikibazo cyo kwituma impatwe(constipation). Mu Buhinde, indabo z’igicumucumu n’ipfundo ryacyo risohokamo indabo, byombi bikoreshwa mu miti itandukanye. Ivu, ifu y’imbuto z’igicumucumu n’indabo zacyo bikoreshwa mu kuvura ubushye, bakabisiga aho umuntu yahi...

AVURA INDWARA Z'AMAROZI, AKOMOKA UGANDA,TWAMWIGEREYEHO.

Ni umuvuzi muby'indwara Z'AMAROZI k uvura abikomora kubisekuru bye ndetse nokuri mamawe umubyara . Yaje aturutse mugihugu cya Uganda ahitwa Lwengo district , mu center ya Kinoni , nihafi yumugi wa Masaka district .  Ikinyamakuru AFRICANCITIZEN1 cyahawe amakuru nabantu batandukanye bavuwe nuyu muvuzi bagakira neza , harimo numuganga witwa Eugenie Dukuzumuremyi, ukorera kukigo nderabuzima cya Muhoza mukarere ka Musanze warumaze imyaka irenga 13 yubatse ariko yarabuze urubyaro nyuma akaza kurubona bivuye kuruyu muvuzi , hakaza nabakobwa 2 bakomoka hano mukarere ka kicukiro mumugi wa Kigali bemezako nabo baribaraheze iwabo bimwe bita guhera kwishyiga , bakaza guhabwa umuti nuyu muvuzi bityo bakabona gushaka bakubaka. Si abogusa kuko twakiriye nubundi buhamya kumbuga nkoranyambaga buvuga kuruyu muvuzi uvurisha ibimera. Twebwe rero byatumye nkikinyamakuru gitangaza ukuri kuzuye kutavangiye tunyarukira kuri uyu muvuzi wamarozi Tuganira nawe umwanya utari mutoya aho akunze kubone...

MINISITIRI W' UBUZIMA YASUYE IBITARO BYA RUHENGERI BIRIMO KUVUGURURWA

Image
Kuri iki Gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 08 Gicurasi 2026, Minisitiri w'Ubuzima, Dr. Sabin NSANZIMANA, ari mu Ruzinduko rw'Akazi mu Bitaro bya Ruhengeri, aho we n'Itsinda bazanye barimo gukurikirana aho Imyiteguro yo Kubaka Ibitaro Bishya igeze ari nako banasura izo Serivisi. Yakiriwe n'Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Intara y'Amajyaruguru,  Bwana NGENDAHIMANA Pascal,  ari kumwe na Perezida wa Komite y'Ubuzima y'Ibitaro, Perezida wa IBUKA mu Karere, Umuyobozi Mukuru w'Ibitaro n'abandi. Tubamenyeshe ko nyuma yo kwimura za Serivisi zari  ahateganyirijwe iyo nyubako, ubu batangiye gusenya no kuzitira ikibanza. Ashimye ishusho y'ibirimo gukorwa ariko  asaba ko byakwihutishwa. Amafoto yafashwe.

ENGLISH TO LUGANDA LANGUAGE.

Image
Do you want to know Luganda? Read! Greetings in Luganda ENGLISH LUGANDA Good evening. Osibye otya Good morning. Amakya amalungi/wasuze otya. Good afternoon. Osibye otya. How are you? Ogamba otya/oli otya? How are you today? Ogamba otya leero? I am fine. Ndi bulungi. Have a good day. Siiba bulungi/olunaku olulungi. I am doing great Ndi bulungi. Hi/hello. Abeyo. Nice to meet you. Kilungi okusisinkana. See you soon. Tunaalabagana/tulabagane. See you later. Tulabagane edda. Love words in Luganda ENGLISH LUGANDA I love you. Nkwagala. I miss you. Nkusubwa. Love you much. Nkwagala nyo nyo. I want to see you. Njagala kulaba. I love you with all my heart. Nkwagala n’omutima gwange gwona. I love you too. Nange nkwagala. I like you. Nkwagala. You are beautiful. Oli mubalagavu/mulungi. My love. Omwaagalwa/ow’omukwano. You look beautiful. Olabika bulungi/oli musuffu. My beautiful wife. Mukyala wange omulungi. I miss you so much darling. Nkusubwa nyo ow’omukwano. I need you. Nkwetaga. You will miss...