IMPANUKA / IKAMYO IMAZE ABANTU BAVAGA GUSENGA

Abantu bagera kuri 11 harimo imiryango yari ivuye gusenga bahitanywe nikamyo.

 Amakuru dukesha ubuyobozi bwinzego zibanze nuko mumugi wagisenyi hafi nibitaro bya Gisenyi kuruyu wa 28 Gashantare 2026 habereye impanuka yikamyo yabuze feri maze ikagonga imodoka itwara abagenzi yarimo abantu 7 bagahita bose bapfa, ndetse ikica nabandi bagendaga namaguru 3 nabo bagapfa, ndetse na shoferi akahasiga ubuzima , bosehamwe bakaba 11.

Muriyimpanuka , yarimo umugabo nabana be 3 baribavuye gusenga, bahisebapfa, nyina wabana arokorwanuko yariyasigaye kurusengero. Harinundi muryango nawo byagendekeye uko. Imana ibakire mubayo kandi bene bo bakomeze kwihangana.
Iyi ni AFRICAN CITIZEN 1.


By  Me. Rukundo.

Amafoto .






Comments

Popular posts from this blog

Musanze/ YIBARUTSE UMWANA MWIZA CYANE NYUMA YOKUMARA IMYAKA IRENGA 13 YARABUZE URUBYARO

WAKIBAZA UTI ESE KOKO LT COL WILLY NGOMA YARASHWE NA DRONE ARAPFA??