ANDI MAHIRWE YO KWINJIRA MUNGABO ZA RDF UYUMWAKA 2026

Ese nawewaba wifuza kwinjira mungabo  za RDF ugafatanya nabakurubawe kurinda urwakubyaye? Ntucikwe !

Italiki iregereje aho abifuza kwinjira mungabo z'u Rwanda RDF ndetse nabifuza kujya mumutwe w'Inkeragutabara Reserve Forces , bahawe ikaze muruyumwaka wa 2026. 

Nkuko itangazo ryashyizwe ahagaragara nurwego rukuru rwa gisirikare rushinzwe abakozi J1 , Ubuyobozi bw' igabo z'u Rwanda RDF buramenyeshya abasore ninkumi Bose bujuje ibisabwa bifuza kwinjira mugisirikare cy'u Rwanda ko bakwihutira keiyandikisha muturere babarizwamo kumataliki yatangajwe nkuko muzakubisoma mu itangazo ryashyizwe ahagaragara.




Published By :
 ๐ŸŒ AFRICAN CITIZEN1๐ŸŒ

๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ
Twandikire kuri whatsapp: +250787134914


Comments

Popular posts from this blog

Musanze/ YIBARUTSE UMWANA MWIZA CYANE NYUMA YOKUMARA IMYAKA IRENGA 13 YARABUZE URUBYARO

IMPANUKA / IKAMYO IMAZE ABANTU BAVAGA GUSENGA

WAKIBAZA UTI ESE KOKO LT COL WILLY NGOMA YARASHWE NA DRONE ARAPFA??