Posts

Showing posts from May 19, 2026

Musanze/ YIBARUTSE UMWANA MWIZA CYANE NYUMA YOKUMARA IMYAKA IRENGA 13 YARABUZE URUBYARO

Image
Uyu mubyeyi Yibarutse umwana yaramaze imyaka irenga 13 yose yarabuze urubyaro kubera kurogwa. Uyumubyeyi aherereye muntara yamajyaruguru mukarere ka Musanze mumurenge wa Muhoza arinaho asanzwe akorera akazi kubuganga kukigonderabuzima cya Muhoza Akaba yabyaye umwana wumukobwa. Uyu mubyeyi yitwa Eugenie avugakoyaramaze imyaka 13 yose yubatse ntarubyaro , ngo nyuma Yuko uwamuvuye amuhaye umuti ngo ntamezi yashize adatwise nyuma akaza kubyara  umwana mwiza yavutse taliki 22/03/2026 avukira mubitaro bya Ruhengeli muntara y'Amajyaruhuru.  Uyumwana kuvukakwe byashimishije benshi ndetse binatangaza benshi doreko yarategerejwe imyaka itari mike.  Mama Eunice Yakomeje kwisengera  Imana nayo izakumwibuka Imuhuza numuntu Imana yahaye kuvurisha ibyoyaremye ndetse akabarinumuntu ukunda gusenga mumiberehoye baba incuti ajya Uganda Azana imiti aramuvura arasama abyara umwana mwiza cyane wumukobwa witwa Eunice. Eunice Mbega ibyishimooooo!!!! Mbese byabaye nka yankuru yomuri Bibiliya...

UMUHANZI "YAMPANO " AKURIKIRANWEHO IBYAHA 07.

Image
Nyuma y’uko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rutangaje ko rwataye muri yombi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano mu muziki, ibyaha akurikiranyweho byageze kuri birindwi.  Inkuru dukesha ikinyamakuru IGIHE , Nuko ibyaha byavuye mu iperereza ry’ibanze nk’uko RIB yabitangaje. Birimo icyo gukubita no gukomeretsa ku bushake, gukoresha ibikangisho, kwangiza ikintu cy’undi, kunywa ibiyobyabwenge, ubwinjiracyaha ku cyaha cy’ubwicanyi, gukoresha imvugo z’ivangura n’icy’ifungiranwa ry’umuntu bitemewe n’amategeko. Kugeza ubu Yampano afungiye kuri Sitasiyo ra RIB ya Kicukiro mu gihe dosiye ye iri gutunganywa ngo yoherezwe mu Bushinjacyaha. Uko ibyaha byakozwe Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yavuze ko nyuma y’uko bakiriye ikirego ku wa 11 Gicurasi 2026, iperereza ryahise ritangira. Ku ikubitiro ryagaragaje ko mu bihe bitandukanye Yampano yagiye akubita uwo yitaga umugore (ariko babana batarasezeranye) ndetse akamena na telefone ze, ndetse yamara gukora ibyo byose agahita...

ANDI MAHIRWE YO KWINJIRA MUNGABO ZA RDF UYUMWAKA 2026

Image
Ese nawewaba wifuza kwinjira mungabo  za RDF ugafatanya nabakurubawe kurinda urwakubyaye? Ntucikwe ! Italiki iregereje aho abifuza kwinjira mungabo z'u Rwanda RDF ndetse nabifuza kujya mumutwe w'Inkeragutabara Reserve Forces , bahawe ikaze muruyumwaka wa 2026.  Nkuko itangazo ryashyizwe ahagaragara nurwego rukuru rwa gisirikare rushinzwe abakozi J1 ,  Ubuyobozi bw' igabo z'u Rwanda RDF buramenyeshya abasore ninkumi Bose bujuje ibisabwa bifuza kwinjira mugisirikare cy'u Rwanda ko bakwihutira keiyandikisha muturere babarizwamo kumataliki yatangajwe nkuko muzakubisoma mu itangazo ryashyizwe ahagaragara. Published By :  🌍 AFRICAN CITIZEN1🌍 🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼 Twandikire kuri whatsapp:  +250787134914

BIRAHINDUTSE! INDI MYANZURO IFASHWE MUMIPAKA NONAHA

Image
Ibi bibayeho nyumayuko hagaragaye icyorezo cya Ebola mugihugu cyabaturanyi cya DR Congo. Dore amakuru twakiriye uko ahagaze na raporo yakozwe igizwe nimyanzuro yafashwe. Sir,  Rubavu District  On 17th May 2026 INAMA KU CYOREZO CYA EBOLA CYAGARAGAYE MURI DRC/ GOMA  NO GUFATA INGAMBA  uyu munsi kuwa 17/05/2026 habaye Inama yahuje abayobozi ku rwego rw'Intara, RBC, Akarere, Ibitaro, Imirenge ikora ku mupaka. IMYANZURO YAFASHWE NI IYI IKURIKIRA : - Gufunga imipaka yemewe - Guhagarika burundu abaturage banyura mu nzira zitemewe - Gukora ubukarabiro bwose bwo mu mipaka - Guhagarika abaturage bava DRC baza kuvoma amazi mu Rwanda - Gufungura Command Post - Gushyiraho irondo rigenzura umupaka ku manywa na nijoro - Gukora ubukangurambaga bwihutirwa ku baturage baturiye umupaka - Gushyira abaganga bakora screening ku mipaka yose - Gutangiza "Isolation area/Rugerero" - Abanyarwanda bari muri DRC bemerewe gutaha ariko bagafatirwa ibizamini ku mupaka, bakabanza kunyura muri qu...