Posts

Showing posts with the label ๐ŸŒ AFRICAN CITIZEN1๐ŸŒ

Musanze/ YIBARUTSE UMWANA MWIZA CYANE NYUMA YOKUMARA IMYAKA IRENGA 13 YARABUZE URUBYARO

Image
Uyu mubyeyi Yibarutse umwana yaramaze imyaka irenga 13 yose yarabuze urubyaro kubera kurogwa. Uyumubyeyi aherereye muntara yamajyaruguru mukarere ka Musanze mumurenge wa Muhoza arinaho asanzwe akorera akazi kubuganga kukigonderabuzima cya Muhoza Akaba yabyaye umwana wumukobwa. Uyu mubyeyi yitwa Eugenie avugakoyaramaze imyaka 13 yose yubatse ntarubyaro , ngo nyuma Yuko uwamuvuye amuhaye umuti ngo ntamezi yashize adatwise nyuma akaza kubyara  umwana mwiza yavutse taliki 22/03/2026 avukira mubitaro bya Ruhengeli muntara y'Amajyaruhuru.  Uyumwana kuvukakwe byashimishije benshi ndetse binatangaza benshi doreko yarategerejwe imyaka itari mike.  Mama Eunice Yakomeje kwisengera  Imana nayo izakumwibuka Imuhuza numuntu Imana yahaye kuvurisha ibyoyaremye ndetse akabarinumuntu ukunda gusenga mumiberehoye baba incuti ajya Uganda Azana imiti aramuvura arasama abyara umwana mwiza cyane wumukobwa witwa Eunice. Eunice Mbega ibyishimooooo!!!! Mbese byabaye nka yankuru yomuri Bibiliya...

UMUHURURA UVURA IBIBI:

Image
Umuhurura   utarandaranda  ni ikimera cy'ifashishwa mu kuvura irwara zitandukanye, kuko nka mabababi y'muhurura uyarambika aharwaye igisebe kigakira, afasha mukuvura ishaza ryo mujisho, uvuguta amababi ugakamura ikijojoba muri buri jisho, inda y'umugore utwite yenda kuvamo, iyo uwuseku mu isekuru maze ugashiramo amazi nka litiro, uvura ububabare, mugihe uhekenye amababi yawo, ukavura kubyimba umwijima ibitetse muri litiro y'amazi ukannya igice cy'ikirahure mu by'umweru 3, Umuhururura ufasha mukuvura irwara z'uruhu, Umuhurura ufite imyungu ngugu, Umuhurura urirwa nkimboga. ๐ŸŒ๐ŸŒ๐ŸŒ๐ŸŒ๐ŸŒ๐ŸŒ๐ŸŒ๐ŸŒ๐ŸŒ๐ŸŒ๐ŸŒ๐ŸŒ๐ŸŒ Umwanditsi: Dr MU

MINISITIRI W' UBUZIMA YASUYE IBITARO BYA RUHENGERI BIRIMO KUVUGURURWA

Image
Kuri iki Gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 08 Gicurasi 2026, Minisitiri w'Ubuzima, Dr. Sabin NSANZIMANA, ari mu Ruzinduko rw'Akazi mu Bitaro bya Ruhengeri, aho we n'Itsinda bazanye barimo gukurikirana aho Imyiteguro yo Kubaka Ibitaro Bishya igeze ari nako banasura izo Serivisi. Yakiriwe n'Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Intara y'Amajyaruguru,  Bwana NGENDAHIMANA Pascal,  ari kumwe na Perezida wa Komite y'Ubuzima y'Ibitaro, Perezida wa IBUKA mu Karere, Umuyobozi Mukuru w'Ibitaro n'abandi. Tubamenyeshe ko nyuma yo kwimura za Serivisi zari  ahateganyirijwe iyo nyubako, ubu batangiye gusenya no kuzitira ikibanza. Ashimye ishusho y'ibirimo gukorwa ariko  asaba ko byakwihutishwa. Amafoto yafashwe.