Posts

Rugarama/ GATSIBO: umunyamabanga nshingwa bikorwa w,umurenge yimuriwe ahandi ,abaturage ba....

Image
umuyobozi mushya yambaye agapfukamunwa kumweru, uwimuriwe Ngarama yambaye umukara. Mukarere ka GATSIBO ,umuyobozi wari umaze igihe ayobora umurenge wa Rugarama, Madame Kavutse Epiphanie , yimuriwe kuyobora umurenge wa Ngarama ndetse nabamwe mubakozi bakoranaga nawe bakaba bimuriwe ahandi. Iri yimurwa ribayeho nyuma yiminsi , hagiye hagaragara ibibazo bigiye bitandukanye ndetse harimo nurupfu rwumuntu umwe witwa Ntabajyana waje kugwa kuruyu murenge wa Rugarama,aho yari yakuwe iwe azanywe nuwahoze Ari Rib witwaga Migambi, kuruyu murenge , inzego zitandukanye zohejuru zikaza kumenya ko uyu Ntabajyana yaguye aho, zikamanuka zikabikurikirana ndetse ababigizemo uruhare bakabihanirwa. Ubu rero Uyu Epiphanie akaba atakiri umuyobozi w,umurenge wa Rugarama. Ubu arimo kuyobora umurenge wa Ngarama, akaba yarasimbuwe nuwahoze munzego z,akarere ka GATSIBO, Ndetse abantu benshi bakaba barabyishimiye cyane .  Ikindi nuko ninzego zumutekano nazo zahinduwe Yaba Rib cg Comanda. Ubu buriwese akaba yishimi...

SWAZILAND UMWAMI YATEGETSE KO BURI MUGABO AGOMBA KUGIRA ABAGORE BATANU YABYANGA AGAFUNGWA BURUNDU

Image
Mubwami bwa ESWATIN , UMWAMI Muswati III, Yategetseko buri mugabo agira abagore byibuze 5 yabyanga AGAFUNGWA BURUNDU. Iritangazo rije nyumayuko murikigihugu hagaragaye ikibazo cyabakobwa benshi cyane bakiri amasugi ndetse umubare munini wabatuye ikigihugu Ari abagore kuko ngo bashoborakuba bikubye inshuro 3 uwabagabo bigatuma babura ababarongora. UMWAMI akaba yavuzeko umugabo uzajya arongora abagore BATANU leta izajya yubakira inzu buri mugore . Uyu mwami Muswati III, bivugwako afite abagore 15 nabana 25 ariko nanone ise umubyara akaba yarafite abagore bagera kuri 79 nabana basaga 150. Yanditswe na : MUNYARUKUNDO Sylvestre Umunyamakuru wa AFRICAN CITIZEN

MENYA INDWARA YIMITEZI, UKO IFATA, IKIYITERA, NUKO WAYIRINDA

Image
Imitezi ni indwara yandura cyane ikaba akenshi yandurira mu mibonano mpuzabitsina. Icyakora no kuba wagira aho uhurira n’ibyavuye ku wuyirwaye bishobora kuyanduza aho dusanga ko umugore ubyara ayanduza umwana ari kuvuka. Iyi ndwara ikwira vuba kandi ikunda kwibasira abagirana imibonano mpuzabitsina idakingiye n’abantu benshi. Iyi ndwara kandi ku bagabo badakebye (badasiramuye) bashobora kuyandura batanakoze imibonano, kubera kudasukura bihagije igitsina cyabo noneho mikorobi iyitera yahagera ikororoka. Imitezi iterwa n’iki? Imitezi iterwa na mikorobe yo mu bwoko bwa bagiteri yitwa Neisseria gonorrheae , ikaba ikura ku buryo bworoshye iyo igeze ahari ururenda mu mubiri. Bivuze ko iyi mikorobi ikura cyane iyo igeze mu myanya ndangagitsina y’umugore, mu nkondo y’umura, mu mura, no mu miyoborantanga, ku bagore. Ku bagabo yororokera cyane mu muyoboro w’inkari, ari naho hanyura amasohoro. Iyi bagiteri kandi ishobora no gukurira mu kanwa ku bakora imibonano mu kanwa, mu kibuno ku batinganyi, ...

IMBUNDA NYINSHI ZUBWOKO BUTANDUKANYE NDETSE NIBINDIBIKORESHO BYINSHI UBU BYAMAZE GUFATWA

Image
 Amakuru arimogucicikana cyane ko ingabo zu Rwanda RDF , zakoze agashya aho zimaze kwambura ibyihebe muntara ya CABO DELGADO , intwaro zigera kuri 200 zitandukanye zirimo izomubwoko bwa L7( RPG), MMG, SMG, nizindi nyinshi ndetse namasasu menshi cyane . Ingabo zu Rwanda Kandi zafashe mudasobwa 20 zitandukanye nibindi bikoresho byitumanaho harimo ibyombo ,naza telefone, ariko ntabatiri zarimo kuko ibyihebe byazikoreshaga mugutega ibisasu. Hafashwe Kandi nicyuma cya ecographe cyifashishwaga mugupima indwara zo Munda. Munyarukundo Sylvestre Umunyamakuru wa AFRICAN CITIZEN

Burya umubirizi ukora byinshi

Image
DORE UMUMARO WUMUBIRIZI UTARUZI AFRICAN CITIZEN  AKAMARO K'UMUBIRIZI MUBUVUZI Iyinkuru tuyikesha ikinyamakuru cya  Kigalitoday , aho kigira kiti: Umubirizi ni igiti usanga kizwi n’abantu benshi kandi gikunze kuboneka ahantu hose hari ibihuru. Gusa abenshi bazi umubirizi nk’umuti w’inzoka zo mu nda, hakaba n’abakunda kuwushyira mu mazi bagiye kuhira amatungo kuko ngo bituma anywa neza kandi ukayagirira akamaro. Iyi nkuru iragaruka ku kandi kamaro k’umubirizi. Ku rubuga  https://www.afrique-pharmacopee.com  bavuga ko ibibabi by’umubirizi ubundi witwa ‘Vernonia amygdalina’ mu bijyanye na siyansi, ngo byigiramo ubutare bwinshi bwa ‘fer’ iyo akaba ari yo mpamvu ukunda gutegurwa mu mafunguro atandukanye cyane cyane mu bihugu byo muri Afurika y’Iburengerazuba ndetse n’iyo hagati. Hari kandi n’abateka ibibabi by’umubirizi bakabirya nk’imboga. Umubirizi uzwiho kuba urura, ndetse buri gice cy’umubirizi kirarura (ibibabi, igihimba, imizi), ariko ubwo burure bwawo ngo ni bwo bugirira umubiri a...

ALBUM YE YAMBERE AGIYEKUYISHIRA HANZE

Image
Umukunzi winjyana zitandukanye akaba numuhanzi umaze kugeza hanze indirimbo ze zigiye zitandukany, SYLVA MU, ubu aritegura gushira ahagaragara Album ye yambere yise MY JOURNEY. Uyu munyamuziki yatangiye kwinjira mubuhanzi mumwaka wa 2020 mukwezi kwagatanu aho yakoze indirimbo ye yambere yitwa URUKUNDO NINKINTAMBARA, ndetse nindi yise IMPANURO, akazikorera muri studio yo mumugi wa Ngoma akazikorerwa numu producer witwa YAMIN, ndetse mugihe gito yahise agera kuri radio Izuba gukora ikiganiro ( interview ).  ( SYLVA MU yaboneyeho nogushimira abagiye bamufasha mumuziki we, harimo umunyamakuru wa IZUBA radio witwa, NIYO SEAN, Umunyamakuru wa RC Musanze witwa ALPHA, Producer YAMIN, Producer T. Jazz, umu raperi witwa FIZZO MASON, nabandi benshi cyane.) Nyuma SYLVA MU yakomeje gukora umuziki aho yerekeje muri Jordan Studio iri mumugi wa Musanze ahakorera izindi ndirimbo nyinshi, zakozwe na producer witwa T. Jazz nubu akabarinawe ukunze gukorera indirimbo uyumuhanzi. Mundirimbo yahakoreye harim...

DORE UMUMARO W'UMUTI WA * AMOXICILLIN *

Image
Amoxicillin Ni umuti wo mubwoko bwa antibiotic uvura infections nyinshi ziterwa na bacteries (ENT infections),twavuga nk'uburwayi bwo mumatwi imbere,infections zo kuruhu,umusonga,sinusites,infection zo munzira zubuhumekero,munzira z'inkari (cystitis),Umwijima (biliary infection),inflammation ifata utunyama dufunga tukanafungura umwuka (Streptococcal tonsilitis),hakabaho nubwo uyifatanya nindi miti nka omeprazole kugira ngo bivure neza helicobacter pyroli zangiza igifu cg zigafatanywa na tinidazole cg metronidazole mukuvura indwara ziterwa na spirochettes nka leptospirosis,... *Uko igaragara ku isoko nuko ifatwa* Hari ibinini bifunitse ni bidafunitse bya 50-500 mg binyobwa cg biri muburyo bwa powder binyobwa bifunguwe kuri 125 mg/5 ml Abana: 45-50 mg/kg kumunsi igafatwa inshuro 2 cg 3,kuri infections zikomeye dose igera kuri 80-100 mg kumunsi Abakuru: 1.5 g kumunsi munshuro 2 cg 2g kumunsi munshuro 3,iyo infection ikomeye,dose ishobora kwikuba 2,bitangwa muminsi 5 (cystitis,lep...

ABANYARWANDA 58 BAGEZE MU RWANDA NYUMA YO KUREKURWA NIGIHUGU CYA UGANDA .

Image
Abanyarwanda 58 barimo abagabo 47, abagore batandatu n'abana batanu hakiyongeraho Umurundi umwe bakiriwe ku mupaka wa Kagitumba nyuma yo kurekurwa na Uganda. Bakiriwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 27 Mutarama 2022, ahagana saa 18h20.  Ibi bibaye nyuma yuko umukuru wigihugu cyu Rwanda aganiriye numugaba mukuru wingabo zirwanira kubutaka za Uganda ariwe Lt Gen Muhoozi Kainarugaba. Ngabo abanyarwanda numurundi umwe bavuye Uganda Yanditswe na  Sylvestre Munyarukundo Umunyamakuru wa  AFRICAN CITIZEN. 

IMIPAKA IHUZA URWANDA NA UGANDA YATANGIYE GUFUNGURWA

Image
Mugihe Hari hashize Igihe kirekire imipaka ihuza URwanda na Uganda ifunzwe, ndetse nubuhahirane bukadohoka kubera inzira zari zifunzwe, ubu noneho ibintu byatangiye kujya muburyo. Ibi bibaye nyumayuko umuhungu wa Perezida Yoweli Museveni , ariwe witwa General Muhoozi Kainarugaba, yaje mu Rwanda kuganira numukuruwigihugu Nyakubahwa Paul Kagame. Ubu noneho ministiri wububanyi namahanga yatangajeko guhera taliki 31 zukwambere uyu mwaka wa 2022, umupaka wa Gatuna uhuza u Rwanda na Uganda uzafungurwa noneho abantu bakajya batambuka ntankomyi ariko bakajyabambuka bubahirije ingamba zokwirinda icyorezo cya Covid 19.  Ubuhahirane bwibihugu byombi bukongerakubaho muburyo bwiza ndetse uva Uganda nujyayo bakajya bababafite numutekano usesuye . Ikinyamakuru AFRICAN CITICEN kikaba gushimira leta yu Rwanda ndetse na Uganda kugitekerezo kiza cyane bagize cyo gufungura uyumupaka wa Gatuna, bityo tukaba twizeyeko nindimipaka izajya ifungurwa neza umubano wibihugu byombi ugakomeza. Yanditwe na: Sylvestr...