Posts

JAGUAR , IMODOKA ZOMUGIHUGU CYA UGANDA ZIRIMO GUTWARA ABAGENZI MUBURYO BUNOGEYE BURIWESE UKENEYE KIJYA UGANDA CYANGWA KUZA MU RWANDA

Image
Nyuma Yuko imipaka ihuza u Rwanda na Uganda ifunguwe, ubu ingendo zirimo kugendwa . Imodoka za Uganda ziganjemo izikorera society ya Jaguar, zafashe iyambere mugutwara abagenzi bajya Uganda bava mu Rwanda ndetse nabava Uganda baza mugihugu cyu Rwanda, Hari nimodoka zomugihugu cyu Rwanda nazo ntizatanzwe gutwara abagenzi murizongendo zurujya nuruza. Gusa nubwo imipaka yafunguwe, abaturage benshi barimo kutishimira ibiciro bacibwa byo kwipimisha covid19 mbere Yuko bambukiranya imipaka ngo kuko ibyobiciro biracyari hejuru cyane .  Iki kibazo Kandi abayobozi bakuru kumpande zombi zibihugu bakaba baravuzeko kigiye kuzakemuka vuba ariko buri wese agomba gukomeza gukaza ingamba zokwirinda icyorezo cya covid19 kuko kiracyahari . Ubu tukaba twizeyeko umubano wibihugu byombi ugiye kurushaho kugenda neza , guhahirana nogusurana nkabaturanyi bigakomeza muburyo bunoze. Umwanditsi :  SYLVA Umunyamakuru wa RMC ukorera ikinyamakuru   AFRRICAN CITIZEN

GATSIBO: UMUYOBOZI WAKARERE KA GATSIBO YERETSE ITANGAZAMAKURU BYINSHI MWITERAMBERE ..

Image
Ubwo abanyamakuru batandukanye bakorera ibinyamakuru bitandukanye, basuraga Akarere ka Gatsibo, Bwana Gasana Richard, umuyobozi wako karere , yagaragaje ibikorwa byinshi byiterambere byaka karere, ndetse nibindi birimo gutegurwa bifitiye igihugu akamaro ,  Muribyo harimo: umuyoboro wamazi  wa Minago uha amazi meza abaturage bagera kuri 24,447, Hakaza   Igishanga cya Nyabicwamba,  gifitiye rubanda nyamwinshi umumaro, Ndetse hari  n,umuhanda  wa Kaburimbo wa Kiramuruzi-Gasange -Muhura. Abanyamakuru ba  AFRICAN CITIZEN  nabo ntibahatanzwe.  Itangazamakuru rikaba rishimira cyane akarere ka GATSIBO kwiterambere aka karere kagenda kageraho arinako dukomeza kubibutsa gukomeza kugera kuntego yibyiza umunsi kuwundi. Akarere ka GATSIBO umuyoboro wamazi urimo gutunganywa igishanga cya Nyabicwamba kaburimbo  kiramuruzi_Gasange_Muhura Umwanditsi: SYLVA MU   Umunyamakuru wa AFRICAN CITIZEN

TWAMUSANZE ABARA AMAFRANGA IZA 5000FR ATUBONYE AYARUNDA MUBIKAPU BIRUZURA TUGIRA UBWOBA.

Image
Ntawundi ,ni umuhanzi nyarwanda SYLVA MU. Ubwo twamugwaga gitumo ngo tumenye ubuzima abahemo, twinjiye iwe twomboka gake gake mpaka iwe murugo. Twasanze umuryango ukinguye duhita tugera kucyumba yararyamyemo dusanga yiherereye abara amafranga menshi cyane nawe atubonye ahita ayarunda mubikapu biruzura .  Icyo twabashije kubona nuko zari inote zabitanu.  ( 5000fr) gusa . Ikinyamakuru  AFRICAN CITIZEN  cyagerageje kumubaza aho izo note zose zitukura yazikuye ariko atwima amakuru.  Twakomeje guhatiriza nikokutubwirako hari   channel ye  ya YouTube  yubatse imyaka igera muri 3 , akabayaragiye ayikoresha cyane none ikaba yatangiye kumuhemba akayabo kamafranga. Yahise aboneraho gushimira abantu Bose nabafana be muri rusange bagiye bamushigikira muburyo butandukanye harimo gukora  #subscribe , #like # share  nibindi. Amwe mumafoto yumuhanzi   SYLVA MU KALISA Aimable Umunyamakuru wa                                    AFRICAN CITIZEN .

RWANDA: IMYANZURO MISHYA / IMIPAKA YOSE YAFUNGUWE

Image
Mu Rwanda , inama yabaminisitiri iyobowe na nyakubahwa Perezida wa Repubulika y,u Rwanda Paul Kagame, yongeye guterana mugusuzumirahamwe nogufata ingsmba nshya zo kwirinda icyorezo cya covid19. Nyuma yogusanga ubwandu bwa covid19 bwaragabanutse cyane,ndetse nokubona abantu benshi barikingije bakababsnakomeje kwitabira inkingo, haribyinshi byemerewe gukorwa ugereranije nibyavuye mumyanzuro yashize. Aha twavuga nkibi bikurikira: Ingendo namsmodoka cg ibinyabiziga bizajyabikora amasaha yose , 24h/24h, Abakozi bakorera leta nabikorera bazsjyabakora bose, ibikorwabyose bizakora amasaha yose usibye utubari, nibitaramo bizajyabifunga saamunani zijoro. nibindi byinshi..... Ikindi twabatangariza nuko imipaka ihuza u Rwanda na Uganda ubu ifunguye guhera kuwa mbere taliki 7 March 2022. Nkukobisanzwe uwambuka ajya cg ava uganda akazajya abanza kugaragazako yikingije byuzuye.. Irifungurwa ryimipaka, rikaba rishimisha buriwese, doreko arinzira zabugufi muguhahirana kwibihugu byombi. Umugabs mukuru w...

IBICIRO BY,IBIRIBWA BYAZAMUTSE / UMUTEKANO

Image
Muntara y,u Burasirazuba, mukarere ka Gatsibo, mumurenge wa Rugarama, mwisoko rya Rwagitima, Abantu benshi baribaza icyakorwa kugirango IBICIRO byibiribwa kumasoko bibe byamanuka ariko byabaye inshoberamahanga. Mbere Yuko dukomeza niyinkuru yibicuruzwa kumasoko, reka dushimire inzego zitandukanye zo mumurenge wa Rugarama, ubwo Umunyamakuru wa  AFRICAN CITIZEN , yagendaga ashakisha amakuru atandukanye muri centre ya Rwagitima ahari habereye isoko, uyu munyamakuru, yabonye umutekano Ari wose impande zose, ubwo inzego za police, umuyobozi w, umurenge wa Rugarama, abakuru butugali, aba youth volunteers, nizindi nzego zubuyobozi zitandukanye, Bose bari bitabiriye gucunga umutekano wabaturage nibyabo kuruyu wa gatatu , kuburyo ntawinjiraga mu isoko atagaragaje ko yikingije inkingo zombi za covid 19. Ikindi m,imbere mu isoko , muma restaurant, muma bar nahandi habahateraniye abantu benshi, hose bageragamo abatarakingiwe bakabafasha gukingirwa, bityo ibikorwa byabaturage bigakomeza mumutekan...

UMUKURU WIGIHUGU YAGARAGAYE YIKOREYE IGIFUKA CY'IBIRAYI AVUYE MUMURIMA

Image
Perezida w,u Burundi na madamu we bavuye gusarura ibirayi. Ni gake Umukuru w’Igihugu agaragara ari kumwe na rubanda rwa giseseka bakunkumura imbagara mu murima. Inkuru dukesha ikinyamakuru AFRICAN CITIZEN , Kurukuta rwayo www.africancitizen1.blogspot.com , Perezida w’u Burundi Ndayishimiye Evariste kuri uyu wa Mbere yajyanye n’umugore we gusarura ibirayi, ndetse bombi biremeka igifuka cyabyo basa nk’abatashye. Ndayishimiye yikoreye umufuka w’ibirayi ndetse n’umugore we yikoreye undi. Ku Cyumweru nibwo Ndayishimiye yavuye i Burayi mu nama yahuje Africa n’Ibihugu by’Uburayi, mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere azinduka iya rubika ajya gusarura ibirayi ku musozi wa Matongo, muri Komine ya Ndava mu Ntara ya Mwaro. Nk’uko biri kuri Twitter ya Ntare Rushatsi ikoreshwa n’Ibiro bya Perezida mu Burundi, uyu murima basaruragamo ni uw’umuryango wa Perezida. Perezida Ndayishimiye ngo yishimiye umusaruro wabonetse. Mu bamuherekeje gusarura harimo Umuyobozi w’Intara ya Mwaro Col Gasanzwe Gaspard ...

Rugarama/ GATSIBO: umunyamabanga nshingwa bikorwa w,umurenge yimuriwe ahandi ,abaturage ba....

Image
umuyobozi mushya yambaye agapfukamunwa kumweru, uwimuriwe Ngarama yambaye umukara. Mukarere ka GATSIBO ,umuyobozi wari umaze igihe ayobora umurenge wa Rugarama, Madame Kavutse Epiphanie , yimuriwe kuyobora umurenge wa Ngarama ndetse nabamwe mubakozi bakoranaga nawe bakaba bimuriwe ahandi. Iri yimurwa ribayeho nyuma yiminsi , hagiye hagaragara ibibazo bigiye bitandukanye ndetse harimo nurupfu rwumuntu umwe witwa Ntabajyana waje kugwa kuruyu murenge wa Rugarama,aho yari yakuwe iwe azanywe nuwahoze Ari Rib witwaga Migambi, kuruyu murenge , inzego zitandukanye zohejuru zikaza kumenya ko uyu Ntabajyana yaguye aho, zikamanuka zikabikurikirana ndetse ababigizemo uruhare bakabihanirwa. Ubu rero Uyu Epiphanie akaba atakiri umuyobozi w,umurenge wa Rugarama. Ubu arimo kuyobora umurenge wa Ngarama, akaba yarasimbuwe nuwahoze munzego z,akarere ka GATSIBO, Ndetse abantu benshi bakaba barabyishimiye cyane .  Ikindi nuko ninzego zumutekano nazo zahinduwe Yaba Rib cg Comanda. Ubu buriwese akaba yishimi...

SWAZILAND UMWAMI YATEGETSE KO BURI MUGABO AGOMBA KUGIRA ABAGORE BATANU YABYANGA AGAFUNGWA BURUNDU

Image
Mubwami bwa ESWATIN , UMWAMI Muswati III, Yategetseko buri mugabo agira abagore byibuze 5 yabyanga AGAFUNGWA BURUNDU. Iritangazo rije nyumayuko murikigihugu hagaragaye ikibazo cyabakobwa benshi cyane bakiri amasugi ndetse umubare munini wabatuye ikigihugu Ari abagore kuko ngo bashoborakuba bikubye inshuro 3 uwabagabo bigatuma babura ababarongora. UMWAMI akaba yavuzeko umugabo uzajya arongora abagore BATANU leta izajya yubakira inzu buri mugore . Uyu mwami Muswati III, bivugwako afite abagore 15 nabana 25 ariko nanone ise umubyara akaba yarafite abagore bagera kuri 79 nabana basaga 150. Yanditswe na : MUNYARUKUNDO Sylvestre Umunyamakuru wa AFRICAN CITIZEN

MENYA INDWARA YIMITEZI, UKO IFATA, IKIYITERA, NUKO WAYIRINDA

Image
Imitezi ni indwara yandura cyane ikaba akenshi yandurira mu mibonano mpuzabitsina. Icyakora no kuba wagira aho uhurira n’ibyavuye ku wuyirwaye bishobora kuyanduza aho dusanga ko umugore ubyara ayanduza umwana ari kuvuka. Iyi ndwara ikwira vuba kandi ikunda kwibasira abagirana imibonano mpuzabitsina idakingiye n’abantu benshi. Iyi ndwara kandi ku bagabo badakebye (badasiramuye) bashobora kuyandura batanakoze imibonano, kubera kudasukura bihagije igitsina cyabo noneho mikorobi iyitera yahagera ikororoka. Imitezi iterwa n’iki? Imitezi iterwa na mikorobe yo mu bwoko bwa bagiteri yitwa Neisseria gonorrheae , ikaba ikura ku buryo bworoshye iyo igeze ahari ururenda mu mubiri. Bivuze ko iyi mikorobi ikura cyane iyo igeze mu myanya ndangagitsina y’umugore, mu nkondo y’umura, mu mura, no mu miyoborantanga, ku bagore. Ku bagabo yororokera cyane mu muyoboro w’inkari, ari naho hanyura amasohoro. Iyi bagiteri kandi ishobora no gukurira mu kanwa ku bakora imibonano mu kanwa, mu kibuno ku batinganyi, ...

IMBUNDA NYINSHI ZUBWOKO BUTANDUKANYE NDETSE NIBINDIBIKORESHO BYINSHI UBU BYAMAZE GUFATWA

Image
 Amakuru arimogucicikana cyane ko ingabo zu Rwanda RDF , zakoze agashya aho zimaze kwambura ibyihebe muntara ya CABO DELGADO , intwaro zigera kuri 200 zitandukanye zirimo izomubwoko bwa L7( RPG), MMG, SMG, nizindi nyinshi ndetse namasasu menshi cyane . Ingabo zu Rwanda Kandi zafashe mudasobwa 20 zitandukanye nibindi bikoresho byitumanaho harimo ibyombo ,naza telefone, ariko ntabatiri zarimo kuko ibyihebe byazikoreshaga mugutega ibisasu. Hafashwe Kandi nicyuma cya ecographe cyifashishwaga mugupima indwara zo Munda. Munyarukundo Sylvestre Umunyamakuru wa AFRICAN CITIZEN