Posts

DORE UMUNTU WAKINNYE FILIME YITWA YESU

Image
Amafoto ye uyasanga hirya no hino ku isi aho aba amanitse mu ngo, mu modoka z’Abakirisitu, abandi barayagendana no mu ma telephone yabo ndetse usanga yiganje cyane mu nzu z’abihaye Imana. Ikinyamakuru cyacu AFRICA NCITIZEN , kibagezaho iyi nkuru, nkuko cyayikurikiranye ndetse kikanayikesha ibindibinyamakuru byinshi nikorera kuriyi si, bigirabiti: Robert Powell , umukinnyi w’ ama filimi wavukiye mu Bwongereza kuwa 1 Kamena 1944. Yavutse kuri John Wilson Powell na Kathleen.Yavukiye mu muryango uciriritse kuko ise yari umukanishi, nyina nta kazi yagiraga. Amashuli ye yayatangiriye mu kigo cyitwa “Manchester grammar school”, aza kuyasoreza muri Royal College of Advanced Technology ahitwa i Salford. Kuva mu buto bwe, yakuranye inzozi zo kuzaba umunyamategeko ndetse yakinaga n’ imikinomyinshi itandukanye. Mu w’ 1964, yatangiye gukina ama filimi asetsa(comedy) ubwo yigaga muri kaminuza. Yagaragaye ku rwiyerekaniro bwa mbere mu w’ 1967. Ijwi rye ryamenyekanye cyane mu matangazo yamamaza yanyu...

INKOMOKO YINSIGAMIGANI " YAJE NKIYA GATERA "

Image
, ni bwo bagira ngo ‘Cyaje nk’iya Gatera!’ Wakomotse kuri Gatera w i  Uyu mugani bawuca iyo babonye ikintu kije kumuntu bitunguranye, nibwo bavuga ngo CYAJE NKIYA GATERA.   Umugabo GATERA yaratuye mubuganza  bwa ruguru ya Muhazi, agakunda abagore byamushajije. Umugore we bwite yari uw’i Bumbogo bwa Nkuzuzu mu Bwanacyambwe. Bukeye sebukwe wa Gatera ararwara araremba, bamutumaho n’umugore we babibamenyesha. Gatera ahaguruka iwe ajya kureba sebukwe, yambuka Muhazi, akomeza urugendo. Ageze i Gicaca ashaka kunywa agatabi. Areba ahantu hari agacucu arahicara atuma umuhungu bari kumwe ngo ajye kumutekerera. Uwo muhungu ajya gutekera itabi mu rugo rwari hafi y’aho bari bageze. Urwo rugo rwarimo umugeni umaze gutinyuka abantu ba hafi. Yari amaze kujya yirirwa mu nzu yarongorewemo, atakirirwa kwa nyirabukwe na sebukwe. Iyo nzu yarimo umuriro kuko bayicanagamo kugira ngo umuswa utazayirya. Uwo muhungu abonye akotsi kava muri ya nzu; agenda ariho agana. Inzu yari yase inkike ya ruguru, ifite n’igi...

RUBAVU: Police ifatanije ninzego zibanze batangiye igikorwa cyo kuvana mumihanda abana binzererezi mumugi wa Gisenyi

Image
Nkuko byatangajwe na police Yu Rwanda ikorera Rubavu, kurukuta rwa Twitter, biravugwako kubufatanye bwa police ninzego zibanze batangiye igikorwa cyo kuvana mumihanda abana binzererezi mumugi wa GISENYI. Ni ibikorwa bigamije gukumira bimwe mu byaha bikorwa n’abana bo mu muhanda aho ku ikubitiro, kuri uyu wa gatatu tariki 13 Mata, abagera kuri 56 barimo abana n’urubyiruko bakuwe mu mihanda yo mu bice bitandukanye by’umujyi wa Gisenyi. Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Iburengerazuba, Superintendent of Police (SP) Bonaventure Twizere Karekezi, yavuze ko iki gikorwa kigamije gushaka uko abana bato n'urubyiruko bakurwa mu mihanda bakigishwa uburyo bategura ejo hazaza heza, abageze mu gihe cyo kwiga bagasubiza mu ishuri abandi  bakibumbira mu makoperative kugira ngo babashe kwiteza imbere. Yagize ati: "Duhura n’uru rubyiruko, tukaganira nabo kugira ngo twumve impamvu zituma bajya mu mihanda, hanyuma tukanaganiriza ababyeyi babo tubibutsa akamaro ko kwita ku bana, bagahabwa uburere, ba...

JAGUAR , IMODOKA ZOMUGIHUGU CYA UGANDA ZIRIMO GUTWARA ABAGENZI MUBURYO BUNOGEYE BURIWESE UKENEYE KIJYA UGANDA CYANGWA KUZA MU RWANDA

Image
Nyuma Yuko imipaka ihuza u Rwanda na Uganda ifunguwe, ubu ingendo zirimo kugendwa . Imodoka za Uganda ziganjemo izikorera society ya Jaguar, zafashe iyambere mugutwara abagenzi bajya Uganda bava mu Rwanda ndetse nabava Uganda baza mugihugu cyu Rwanda, Hari nimodoka zomugihugu cyu Rwanda nazo ntizatanzwe gutwara abagenzi murizongendo zurujya nuruza. Gusa nubwo imipaka yafunguwe, abaturage benshi barimo kutishimira ibiciro bacibwa byo kwipimisha covid19 mbere Yuko bambukiranya imipaka ngo kuko ibyobiciro biracyari hejuru cyane .  Iki kibazo Kandi abayobozi bakuru kumpande zombi zibihugu bakaba baravuzeko kigiye kuzakemuka vuba ariko buri wese agomba gukomeza gukaza ingamba zokwirinda icyorezo cya covid19 kuko kiracyahari . Ubu tukaba twizeyeko umubano wibihugu byombi ugiye kurushaho kugenda neza , guhahirana nogusurana nkabaturanyi bigakomeza muburyo bunoze. Umwanditsi :  SYLVA Umunyamakuru wa RMC ukorera ikinyamakuru   AFRRICAN CITIZEN

GATSIBO: UMUYOBOZI WAKARERE KA GATSIBO YERETSE ITANGAZAMAKURU BYINSHI MWITERAMBERE ..

Image
Ubwo abanyamakuru batandukanye bakorera ibinyamakuru bitandukanye, basuraga Akarere ka Gatsibo, Bwana Gasana Richard, umuyobozi wako karere , yagaragaje ibikorwa byinshi byiterambere byaka karere, ndetse nibindi birimo gutegurwa bifitiye igihugu akamaro ,  Muribyo harimo: umuyoboro wamazi  wa Minago uha amazi meza abaturage bagera kuri 24,447, Hakaza   Igishanga cya Nyabicwamba,  gifitiye rubanda nyamwinshi umumaro, Ndetse hari  n,umuhanda  wa Kaburimbo wa Kiramuruzi-Gasange -Muhura. Abanyamakuru ba  AFRICAN CITIZEN  nabo ntibahatanzwe.  Itangazamakuru rikaba rishimira cyane akarere ka GATSIBO kwiterambere aka karere kagenda kageraho arinako dukomeza kubibutsa gukomeza kugera kuntego yibyiza umunsi kuwundi. Akarere ka GATSIBO umuyoboro wamazi urimo gutunganywa igishanga cya Nyabicwamba kaburimbo  kiramuruzi_Gasange_Muhura Umwanditsi: SYLVA MU   Umunyamakuru wa AFRICAN CITIZEN

TWAMUSANZE ABARA AMAFRANGA IZA 5000FR ATUBONYE AYARUNDA MUBIKAPU BIRUZURA TUGIRA UBWOBA.

Image
Ntawundi ,ni umuhanzi nyarwanda SYLVA MU. Ubwo twamugwaga gitumo ngo tumenye ubuzima abahemo, twinjiye iwe twomboka gake gake mpaka iwe murugo. Twasanze umuryango ukinguye duhita tugera kucyumba yararyamyemo dusanga yiherereye abara amafranga menshi cyane nawe atubonye ahita ayarunda mubikapu biruzura .  Icyo twabashije kubona nuko zari inote zabitanu.  ( 5000fr) gusa . Ikinyamakuru  AFRICAN CITIZEN  cyagerageje kumubaza aho izo note zose zitukura yazikuye ariko atwima amakuru.  Twakomeje guhatiriza nikokutubwirako hari   channel ye  ya YouTube  yubatse imyaka igera muri 3 , akabayaragiye ayikoresha cyane none ikaba yatangiye kumuhemba akayabo kamafranga. Yahise aboneraho gushimira abantu Bose nabafana be muri rusange bagiye bamushigikira muburyo butandukanye harimo gukora  #subscribe , #like # share  nibindi. Amwe mumafoto yumuhanzi   SYLVA MU KALISA Aimable Umunyamakuru wa                                    AFRICAN CITIZEN .

RWANDA: IMYANZURO MISHYA / IMIPAKA YOSE YAFUNGUWE

Image
Mu Rwanda , inama yabaminisitiri iyobowe na nyakubahwa Perezida wa Repubulika y,u Rwanda Paul Kagame, yongeye guterana mugusuzumirahamwe nogufata ingsmba nshya zo kwirinda icyorezo cya covid19. Nyuma yogusanga ubwandu bwa covid19 bwaragabanutse cyane,ndetse nokubona abantu benshi barikingije bakababsnakomeje kwitabira inkingo, haribyinshi byemerewe gukorwa ugereranije nibyavuye mumyanzuro yashize. Aha twavuga nkibi bikurikira: Ingendo namsmodoka cg ibinyabiziga bizajyabikora amasaha yose , 24h/24h, Abakozi bakorera leta nabikorera bazsjyabakora bose, ibikorwabyose bizakora amasaha yose usibye utubari, nibitaramo bizajyabifunga saamunani zijoro. nibindi byinshi..... Ikindi twabatangariza nuko imipaka ihuza u Rwanda na Uganda ubu ifunguye guhera kuwa mbere taliki 7 March 2022. Nkukobisanzwe uwambuka ajya cg ava uganda akazajya abanza kugaragazako yikingije byuzuye.. Irifungurwa ryimipaka, rikaba rishimisha buriwese, doreko arinzira zabugufi muguhahirana kwibihugu byombi. Umugabs mukuru w...

IBICIRO BY,IBIRIBWA BYAZAMUTSE / UMUTEKANO

Image
Muntara y,u Burasirazuba, mukarere ka Gatsibo, mumurenge wa Rugarama, mwisoko rya Rwagitima, Abantu benshi baribaza icyakorwa kugirango IBICIRO byibiribwa kumasoko bibe byamanuka ariko byabaye inshoberamahanga. Mbere Yuko dukomeza niyinkuru yibicuruzwa kumasoko, reka dushimire inzego zitandukanye zo mumurenge wa Rugarama, ubwo Umunyamakuru wa  AFRICAN CITIZEN , yagendaga ashakisha amakuru atandukanye muri centre ya Rwagitima ahari habereye isoko, uyu munyamakuru, yabonye umutekano Ari wose impande zose, ubwo inzego za police, umuyobozi w, umurenge wa Rugarama, abakuru butugali, aba youth volunteers, nizindi nzego zubuyobozi zitandukanye, Bose bari bitabiriye gucunga umutekano wabaturage nibyabo kuruyu wa gatatu , kuburyo ntawinjiraga mu isoko atagaragaje ko yikingije inkingo zombi za covid 19. Ikindi m,imbere mu isoko , muma restaurant, muma bar nahandi habahateraniye abantu benshi, hose bageragamo abatarakingiwe bakabafasha gukingirwa, bityo ibikorwa byabaturage bigakomeza mumutekan...

UMUKURU WIGIHUGU YAGARAGAYE YIKOREYE IGIFUKA CY'IBIRAYI AVUYE MUMURIMA

Image
Perezida w,u Burundi na madamu we bavuye gusarura ibirayi. Ni gake Umukuru w’Igihugu agaragara ari kumwe na rubanda rwa giseseka bakunkumura imbagara mu murima. Inkuru dukesha ikinyamakuru AFRICAN CITIZEN , Kurukuta rwayo www.africancitizen1.blogspot.com , Perezida w’u Burundi Ndayishimiye Evariste kuri uyu wa Mbere yajyanye n’umugore we gusarura ibirayi, ndetse bombi biremeka igifuka cyabyo basa nk’abatashye. Ndayishimiye yikoreye umufuka w’ibirayi ndetse n’umugore we yikoreye undi. Ku Cyumweru nibwo Ndayishimiye yavuye i Burayi mu nama yahuje Africa n’Ibihugu by’Uburayi, mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere azinduka iya rubika ajya gusarura ibirayi ku musozi wa Matongo, muri Komine ya Ndava mu Ntara ya Mwaro. Nk’uko biri kuri Twitter ya Ntare Rushatsi ikoreshwa n’Ibiro bya Perezida mu Burundi, uyu murima basaruragamo ni uw’umuryango wa Perezida. Perezida Ndayishimiye ngo yishimiye umusaruro wabonetse. Mu bamuherekeje gusarura harimo Umuyobozi w’Intara ya Mwaro Col Gasanzwe Gaspard ...

Rugarama/ GATSIBO: umunyamabanga nshingwa bikorwa w,umurenge yimuriwe ahandi ,abaturage ba....

Image
umuyobozi mushya yambaye agapfukamunwa kumweru, uwimuriwe Ngarama yambaye umukara. Mukarere ka GATSIBO ,umuyobozi wari umaze igihe ayobora umurenge wa Rugarama, Madame Kavutse Epiphanie , yimuriwe kuyobora umurenge wa Ngarama ndetse nabamwe mubakozi bakoranaga nawe bakaba bimuriwe ahandi. Iri yimurwa ribayeho nyuma yiminsi , hagiye hagaragara ibibazo bigiye bitandukanye ndetse harimo nurupfu rwumuntu umwe witwa Ntabajyana waje kugwa kuruyu murenge wa Rugarama,aho yari yakuwe iwe azanywe nuwahoze Ari Rib witwaga Migambi, kuruyu murenge , inzego zitandukanye zohejuru zikaza kumenya ko uyu Ntabajyana yaguye aho, zikamanuka zikabikurikirana ndetse ababigizemo uruhare bakabihanirwa. Ubu rero Uyu Epiphanie akaba atakiri umuyobozi w,umurenge wa Rugarama. Ubu arimo kuyobora umurenge wa Ngarama, akaba yarasimbuwe nuwahoze munzego z,akarere ka GATSIBO, Ndetse abantu benshi bakaba barabyishimiye cyane .  Ikindi nuko ninzego zumutekano nazo zahinduwe Yaba Rib cg Comanda. Ubu buriwese akaba yishimi...