Posts

MINISITIRI W' UBUZIMA YASUYE IBITARO BYA RUHENGERI BIRIMO KUVUGURURWA

Image
Kuri iki Gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 08 Gicurasi 2026, Minisitiri w'Ubuzima, Dr. Sabin NSANZIMANA, ari mu Ruzinduko rw'Akazi mu Bitaro bya Ruhengeri, aho we n'Itsinda bazanye barimo gukurikirana aho Imyiteguro yo Kubaka Ibitaro Bishya igeze ari nako banasura izo Serivisi. Yakiriwe n'Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Intara y'Amajyaruguru,  Bwana NGENDAHIMANA Pascal,  ari kumwe na Perezida wa Komite y'Ubuzima y'Ibitaro, Perezida wa IBUKA mu Karere, Umuyobozi Mukuru w'Ibitaro n'abandi. Tubamenyeshe ko nyuma yo kwimura za Serivisi zari  ahateganyirijwe iyo nyubako, ubu batangiye gusenya no kuzitira ikibanza. Ashimye ishusho y'ibirimo gukorwa ariko  asaba ko byakwihutishwa. Amafoto yafashwe.

ENGLISH TO LUGANDA LANGUAGE.

Image
Do you want to know Luganda? Read! Greetings in Luganda ENGLISH LUGANDA Good evening. Osibye otya Good morning. Amakya amalungi/wasuze otya. Good afternoon. Osibye otya. How are you? Ogamba otya/oli otya? How are you today? Ogamba otya leero? I am fine. Ndi bulungi. Have a good day. Siiba bulungi/olunaku olulungi. I am doing great Ndi bulungi. Hi/hello. Abeyo. Nice to meet you. Kilungi okusisinkana. See you soon. Tunaalabagana/tulabagane. See you later. Tulabagane edda. Love words in Luganda ENGLISH LUGANDA I love you. Nkwagala. I miss you. Nkusubwa. Love you much. Nkwagala nyo nyo. I want to see you. Njagala kulaba. I love you with all my heart. Nkwagala n’omutima gwange gwona. I love you too. Nange nkwagala. I like you. Nkwagala. You are beautiful. Oli mubalagavu/mulungi. My love. Omwaagalwa/ow’omukwano. You look beautiful. Olabika bulungi/oli musuffu. My beautiful wife. Mukyala wange omulungi. I miss you so much darling. Nkusubwa nyo ow’omukwano. I need you. Nkwetaga. You will miss...

EDDAGALA MUKO WEWUMBEKO EKOLA BINGI NNYOOO!

Image
Muko wewumbeko oba Kafansonyi kalungi nyoo nga wokiwulira. Kayamba mukumenya  nga omukazi Ali lubuto okasitamako nga okatadde kukabati nga kaliko omuliro omuka negukugenda mu. KAFUNZA...okateka ku lujjo notekako omuliro nisitamako omuka negukuyingira OBA Osobola okukafumba nga ogasemu kanjampuni ne kanywebwa noyiwa mu baffu notulamu. ATE  kayambako nekubizzimba mulubutto okakula kona nemirandira jako nofumba nonywako mu bipiimo. Muko wewumbeko mulunji mukugoba obuko gwe olina abaana abakulu ewaka abepicha , oyina bakamwana, abako toyagala buko kukwata kakozese nga ko ogatamu kayongo. Okakwata nokakunyila mu ngalo zo then no genda nobuza oyo gwoyagala akuwe ku sente nga omu kwata mugaloze. Okatekela mu mere nowa omusajja nakwewumbilako. Bakakola nga mu powder netukagata mu dagala erisika enfuli. Muko wewumbeko kakola nyo kunseke ezazibikila nga togenda bulunji munsonga. Kagoba olutwe, okera kumakya no genda wekali nkakonako kubukola bwona obuliko nti ono mukowewumbeko njagala o...

DORE UBURYO ( POSITIONS) BWIZA BWIHARIYE BWO KURYAMISHAMO UMWANA

Image
Iyo umwana akivuka ababyeyi bashobora kwibaza uburyo bwiza bagomba kumuryamishamo. Nubwo umuntu mukuru aryama uko yiboneye (mu gihe nta burwayi cyangwa ubumuga butuma agira uko agomba kuryama), ariko ku mwana muto we siko bimeze kuko hari uburyo bwiza aba agomba kuryamamo. Bébé Ikuzo Rukundo   Eunice❤️❤️❤️ Ubusanzwe muri rusange kuryama biri mu bice 3. Hari ukuryamira urubavu, rwaba urw’iburyo cyangwa ibumoso Kuryama ugaramye Hari no kuryama wubitse inda Ni ubuhe buryo bwiza umwana agomba kuryamamo? Nkuko abahanga mu kuvura abana bato (Pediatres/Pediatrician) babitangaza, umwana muto; ni ukuvuga umwana utarageza ku mwaka aba agomba kuryamishwa  AGARAMYE . Nubwo ari ikintu benshi batazi cyangwa batamenyereye ndetse benshi bemezako kuryama yubitse inda aribwo umwana ahita asinzira, nyamara kuryama yubitse inda byongera ibyago byinshi by’urupfu rutunguranye ruzwi nka  SIDS   (Sudden Infant Death Syndrome). Uru rupfu rutunguranye iyo umwana yapfuye agasuzumwa ntihaboneka...

RUBAVU: UMUNYESHULI AKURIKIRANWEHO GUHAKANA GENOCIDE YAKOREWE ABATUTSI 1994

Image
Umusore wiga muri Kaminuza akurikiranyweho kuvuga ko atemera Jenoside yakorewe Abatutsi, akaba yarabibwiye mugenzi we baganira, undi amutanga mu buyobozi, atabwa muri yombi. Ndatimana Zebro w’imyaka 20, ukomoka mu Murenge wa Bugarama, Akarere ka Rusizi wiga mu wa mbere muri kaminuza ya UTB ishami rya Rubavu, aganira na mugenzi we babana mu gipangu yamubwiye ko we ibyo kuvuga ngo ‘Jenoside yakorewe Abatutsi’ atabyemera. Uhagarariye Ibuka mu Karere ka Rubavu, Mbarushimana Gérard, yabwiye Imvaho Nshya ko byabaye mu ma saa cyenda y’igicamunsi cyo ku wa 14 Mata, 2026. Ati: “Yabwiye uwo mugenzi we babana mu gipangu, baganiraga ko we atemera kuvuga ngo ’Jenoside yakorewe Abatutsi’, amubaza niba Abahutu na bo bibuka ababo bishwe na FPR, kuko niba barakoze Jenoside na bo hari ababo bishwe. Amubaza bo bibuka ryari ababo bishwe n’Inkotanyi kuko ntawe usangira n’udakoramo.” Avuga ko mugenzi we acyumva aya magambo yanze kuyihererana, ayamenyesha Umukuru w’Umudugudu, na we abimenyesha izindi nzego u...

UGANDA🇺🇬: AN ILLEGAL FIREARM WAS SUCCESSFULLY RECOVERED DURING AN INTELLIGENCE LED OPERATION

Image
Information from UPDF says that Joint security forces from the Anti-Stock Theft Unit (ASTU) and the Uganda People’s Defence Forces (UPDF) yesterday, Sunday, April 12, 2026, successfully recovered an illegal firearm during an intelligence-led operation. The operation led to the forceful recovery of one SMG rifle with a single round of ammunition from Lolem Lopusiteba, a 68-year-old male resident of Kanamwar Village, Longaroe Sub-county, Kotido District. This development follows investigations into a recent highway robbery along the Kaabong–Kotido road, where the suspect’s son, Locheng Apalothia, is alleged to have used the firearm. Earlier, on April 2, 2026, joint security forces impounded 107 head of cattle and three donkeys from Kanamwar Village in connection with the same incident. The recovered firearm and the suspect are currently in UPDF custody for further management. Security and disarmament operations remain ongoing across the Karamoja sub-region, aimed at curbing the illegal p...

Ngororero: YIBYE MUDASOBWA KWAMUGANGA ATAZI KO KAMERA ZIHARI NONE YISANZE MUMABOKO ATARAYE

Image
Uwitwa Dufitimana Lameky wakoraga muri kampani icukura amabuye yafatiwe  mukarere ka Ngororero, umurenge wa kabaya mukagali ka Gaseke umudugudu wa Mitabo ,,akekwaho kwiba imashini 2 kukigo nderabuzima cya Buyoga mukarere ka Rulindo. Uyu yafashwe  Kubufatanye bwinzego zibanze,DASSO na  Police. Uyu Lameky  yibye izi mudasobwa mwijoro rya Tariki 10.04.2026 Bishyira Tariki 11.04.2026 bikaba bikekwako Atari ubwambere yabayibye mashini kuko mumavuriro atandukanye hagiye hibwa mashini bityo akaba afungiye kuri Police station ya Ngororero kugirango iperereza rikorwe ashikirizwe ubutabera.

HOW LONG SHOULD A TAMPON LEFT IN A VAGINA ?

Image
A tampon should be left in the vagina for 4 to 8 hours. It is essential to change them regularly to prevent infection and avoid leaving a single tampon in for more than 8 hours. Using the lowest absorbency needed for your flow and changing them frequently helps minimize risks.  Key Safety Guidelines: Maximum Time: Never exceed 8 hours, as this increases the risk of Toxic Shock Syndrome (TSS), a rare but serious infection. Flow Management: On heavy days, you may need to change your tampon every 2–3 hours. Overnight Use: You can wear a tampon to bed, but it is advised to insert a new one just before sleeping and remove it immediately upon waking, ensuring it is not in for more than 8 hours. Symptoms of Overuse: If you experience symptoms such as a high fever, rash, or vomiting, remove the tampon and seek medical advice.  For your safety and comfort, if you plan to sleep longer than 8 hours, it is safer to use a sanitary pad or menstrual cup instead.  Keep Following #AFRICAN...

🚨MINISITIRI YANYOMOJE UMUHUNGU WA HABYARIMANA JUNENAL 🚨

Image
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihigu, Dr. Bizimana Jean Damascene, yanyomoje Umuhungu wa Habyarimana Juvenal wayoboye u Rwanda, Jean Luc Habyarimana, wavuze ko urukiko Mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda rutigeze ruhamya ko Jenoside yakorewe Abatutsi yateguwe. Dr. Bizimana yagaragaje ko ibivugwa na Jean Luc Habyarimana ari ibinyoma byambaye ubusa kuko ICTR yemeje ko hadashobora kubaho Jenoside hatabayeho umugambi wo gukora icyo cyaha cyangwa hatabayeho kuyitegura. Ati “Mu byemezo byayo byose, ICTR yemeje ko Jenoside yakorewe Abatutsi yabaye mu Rwanda, hari umugambi wo gutsemba Abatutsi.” Ingingo ya mbere Dr. Bizimana yongeye kwibutsa, ni uko Urukiko rwagaragaje ko hatabaho Jenoside nta mugambi wo kuyikora wabayeho. Itegeko Mpuzamahanga ku kurwanya Jenoside ryo ku wa 9 Ukuboza 1948, ntabwo ryavugaga neza ijambo ’gutegura’ ariko ryakoreshaga ’kugambirira gukora Jenoside’. Ingingo yaryo ya kabiri, Bizimana yerekana ko Jenoside ikorwa igihe hari umugambi wo kwica ...