Posts

ICYOREZO CYA EBOLA GITUMYE IMIPAKA IFUNGWA

Image
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwabwiye ikinyamakuru AFRICAN CITIZEN1  ko imipaka ihuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo iherereye mu Karere ka Rubavu yafunzwe kubera icyorezo cya Ebola cyongeye kugaragara muri iki gihugu cya DRC. Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Mulindwa Proseper yavuze ko iki cyemezo cyatangiye gushyirwa mu bikorwa mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki ya 17 Gicurasi 2026, mu rwego rwo guhagarika urujya n’uruza, no kwirinda ko icyorezo cya Ebola cyagera mu Rwanda. Yavuze ko Abanyarwanda bari muri RDC bo bafashwa gutaha. Ati “Buri gihe umunyarwanda aba afite uburenganzira bwo gutaha mu gihugu nk’uko n’umunye-Congo aba afite uburenganzira bwo gutaha mu gihugu cye, icyo gihe banyura ku mipaka bakagira uko bakirwa haba hari inzego z’ubuzima zigira uko zibasuzuma.” Umuyobozi w’akarere ka Rubavu avuga ko abambuka bari kubanza gusuzumwa harebwa niba nta bwandu bwa Ebola bafite, ndetse n’ingamba z’isuku zakajijwe kandi hagakorwa ubukangurambaga b...

UMUHURURA UVURA IBIBI:

Image
Umuhurura   utarandaranda  ni ikimera cy'ifashishwa mu kuvura irwara zitandukanye, kuko nka mabababi y'muhurura uyarambika aharwaye igisebe kigakira, afasha mukuvura ishaza ryo mujisho, uvuguta amababi ugakamura ikijojoba muri buri jisho, inda y'umugore utwite yenda kuvamo, iyo uwuseku mu isekuru maze ugashiramo amazi nka litiro, uvura ububabare, mugihe uhekenye amababi yawo, ukavura kubyimba umwijima ibitetse muri litiro y'amazi ukannya igice cy'ikirahure mu by'umweru 3, Umuhururura ufasha mukuvura irwara z'uruhu, Umuhurura ufite imyungu ngugu, Umuhurura urirwa nkimboga. 🌍🌍🌍🌍🌍🌍🌍🌍🌍🌍🌍🌍🌍 Umwanditsi: Dr MU

IGICUMUCUMU, UMUTI KIMEZA IMANA YATWIHEREYE. DORE UMARO...

Image
Ku rubuga lavierebelle.org , bavuga ko ubushakashatsi bwakozwe ku gicumucumu bwagaragaje ko icyo kimera cyigiramo ubushobozi bwo kurinda abantu gukunda gufatwa n’ibintu byitwa imbwa ku mikaya (muscles), cyigirimo ubushobozi bwo kugabanya ububabare kandi kidatera ikinya (antinociceptive), cyigiramo ubushobozi bwo kurinda ububyimbe (anti-inflammatoire), ubwo gutuma isukari igabanuka mu maraso no kurinda diyabete(antidiabétiques), gifasha kandi mu kurwanya udukoko dutoya twa bagiteri dukunze gutera indwara, (antibactériennes). Igicumucumu kandi cyigiramo ubushobozi bwo kurinda uruhu rw’umuntu gusaza imburagihe, ubwo gukiza ibisebe, no korohereza abakobwa cyangwa abagore baribwa mu nda cyane mu gihe bari mu mihango, kikanafasha mu kurwanya ikibazo cyo kwituma impatwe(constipation). Mu Buhinde, indabo z’igicumucumu n’ipfundo ryacyo risohokamo indabo, byombi bikoreshwa mu miti itandukanye. Ivu, ifu y’imbuto z’igicumucumu n’indabo zacyo bikoreshwa mu kuvura ubushye, bakabisiga aho umuntu yahi...

AVURA INDWARA Z'AMAROZI, AKOMOKA UGANDA,TWAMWIGEREYEHO.

Ni umuvuzi muby'indwara Z'AMAROZI k uvura abikomora kubisekuru bye ndetse nokuri mamawe umubyara . Yaje aturutse mugihugu cya Uganda ahitwa Lwengo district , mu center ya Kinoni , nihafi yumugi wa Masaka district .  Ikinyamakuru AFRICANCITIZEN1 cyahawe amakuru nabantu batandukanye bavuwe nuyu muvuzi bagakira neza , harimo numuganga witwa Eugenie Dukuzumuremyi, ukorera kukigo nderabuzima cya Muhoza mukarere ka Musanze warumaze imyaka irenga 13 yubatse ariko yarabuze urubyaro nyuma akaza kurubona bivuye kuruyu muvuzi , hakaza nabakobwa 2 bakomoka hano mukarere ka kicukiro mumugi wa Kigali bemezako nabo baribaraheze iwabo bimwe bita guhera kwishyiga , bakaza guhabwa umuti nuyu muvuzi bityo bakabona gushaka bakubaka. Si abogusa kuko twakiriye nubundi buhamya kumbuga nkoranyambaga buvuga kuruyu muvuzi uvurisha ibimera. Twebwe rero byatumye nkikinyamakuru gitangaza ukuri kuzuye kutavangiye tunyarukira kuri uyu muvuzi wamarozi Tuganira nawe umwanya utari mutoya aho akunze kubone...

MINISITIRI W' UBUZIMA YASUYE IBITARO BYA RUHENGERI BIRIMO KUVUGURURWA

Image
Kuri iki Gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 08 Gicurasi 2026, Minisitiri w'Ubuzima, Dr. Sabin NSANZIMANA, ari mu Ruzinduko rw'Akazi mu Bitaro bya Ruhengeri, aho we n'Itsinda bazanye barimo gukurikirana aho Imyiteguro yo Kubaka Ibitaro Bishya igeze ari nako banasura izo Serivisi. Yakiriwe n'Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Intara y'Amajyaruguru,  Bwana NGENDAHIMANA Pascal,  ari kumwe na Perezida wa Komite y'Ubuzima y'Ibitaro, Perezida wa IBUKA mu Karere, Umuyobozi Mukuru w'Ibitaro n'abandi. Tubamenyeshe ko nyuma yo kwimura za Serivisi zari  ahateganyirijwe iyo nyubako, ubu batangiye gusenya no kuzitira ikibanza. Ashimye ishusho y'ibirimo gukorwa ariko  asaba ko byakwihutishwa. Amafoto yafashwe.

ENGLISH TO LUGANDA LANGUAGE.

Image
Do you want to know Luganda? Read! Greetings in Luganda ENGLISH LUGANDA Good evening. Osibye otya Good morning. Amakya amalungi/wasuze otya. Good afternoon. Osibye otya. How are you? Ogamba otya/oli otya? How are you today? Ogamba otya leero? I am fine. Ndi bulungi. Have a good day. Siiba bulungi/olunaku olulungi. I am doing great Ndi bulungi. Hi/hello. Abeyo. Nice to meet you. Kilungi okusisinkana. See you soon. Tunaalabagana/tulabagane. See you later. Tulabagane edda. Love words in Luganda ENGLISH LUGANDA I love you. Nkwagala. I miss you. Nkusubwa. Love you much. Nkwagala nyo nyo. I want to see you. Njagala kulaba. I love you with all my heart. Nkwagala n’omutima gwange gwona. I love you too. Nange nkwagala. I like you. Nkwagala. You are beautiful. Oli mubalagavu/mulungi. My love. Omwaagalwa/ow’omukwano. You look beautiful. Olabika bulungi/oli musuffu. My beautiful wife. Mukyala wange omulungi. I miss you so much darling. Nkusubwa nyo ow’omukwano. I need you. Nkwetaga. You will miss...

EDDAGALA MUKO WEWUMBEKO EKOLA BINGI NNYOOO!

Image
Muko wewumbeko oba Kafansonyi kalungi nyoo nga wokiwulira. Kayamba mukumenya  nga omukazi Ali lubuto okasitamako nga okatadde kukabati nga kaliko omuliro omuka negukugenda mu. KAFUNZA...okateka ku lujjo notekako omuliro nisitamako omuka negukuyingira OBA Osobola okukafumba nga ogasemu kanjampuni ne kanywebwa noyiwa mu baffu notulamu. ATE  kayambako nekubizzimba mulubutto okakula kona nemirandira jako nofumba nonywako mu bipiimo. Muko wewumbeko mulunji mukugoba obuko gwe olina abaana abakulu ewaka abepicha , oyina bakamwana, abako toyagala buko kukwata kakozese nga ko ogatamu kayongo. Okakwata nokakunyila mu ngalo zo then no genda nobuza oyo gwoyagala akuwe ku sente nga omu kwata mugaloze. Okatekela mu mere nowa omusajja nakwewumbilako. Bakakola nga mu powder netukagata mu dagala erisika enfuli. Muko wewumbeko kakola nyo kunseke ezazibikila nga togenda bulunji munsonga. Kagoba olutwe, okera kumakya no genda wekali nkakonako kubukola bwona obuliko nti ono mukowewumbeko njagala o...

DORE UBURYO ( POSITIONS) BWIZA BWIHARIYE BWO KURYAMISHAMO UMWANA

Image
Iyo umwana akivuka ababyeyi bashobora kwibaza uburyo bwiza bagomba kumuryamishamo. Nubwo umuntu mukuru aryama uko yiboneye (mu gihe nta burwayi cyangwa ubumuga butuma agira uko agomba kuryama), ariko ku mwana muto we siko bimeze kuko hari uburyo bwiza aba agomba kuryamamo. Bébé Ikuzo Rukundo   Eunice❤️❤️❤️ Ubusanzwe muri rusange kuryama biri mu bice 3. Hari ukuryamira urubavu, rwaba urw’iburyo cyangwa ibumoso Kuryama ugaramye Hari no kuryama wubitse inda Ni ubuhe buryo bwiza umwana agomba kuryamamo? Nkuko abahanga mu kuvura abana bato (Pediatres/Pediatrician) babitangaza, umwana muto; ni ukuvuga umwana utarageza ku mwaka aba agomba kuryamishwa  AGARAMYE . Nubwo ari ikintu benshi batazi cyangwa batamenyereye ndetse benshi bemezako kuryama yubitse inda aribwo umwana ahita asinzira, nyamara kuryama yubitse inda byongera ibyago byinshi by’urupfu rutunguranye ruzwi nka  SIDS   (Sudden Infant Death Syndrome). Uru rupfu rutunguranye iyo umwana yapfuye agasuzumwa ntihaboneka...