TWAMUSANZE ABARA AMAFRANGA IZA 5000FR ATUBONYE AYARUNDA MUBIKAPU BIRUZURA TUGIRA UBWOBA.



Ntawundi ,ni umuhanzi nyarwanda SYLVA MU. Ubwo twamugwaga gitumo ngo tumenye ubuzima abahemo, twinjiye iwe twomboka gake gake mpaka iwe murugo. Twasanze umuryango ukinguye duhita tugera kucyumba yararyamyemo dusanga yiherereye abara amafranga menshi cyane nawe atubonye ahita ayarunda mubikapu biruzura . 
Icyo twabashije kubona nuko zari inote zabitanu.  ( 5000fr) gusa .

Ikinyamakuru AFRICAN CITIZEN cyagerageje kumubaza aho izo note zose zitukura yazikuye ariko atwima amakuru. 
Twakomeje guhatiriza nikokutubwirako hari  channel ye  ya YouTube yubatse imyaka igera muri 3 , akabayaragiye ayikoresha cyane none ikaba yatangiye kumuhemba akayabo kamafranga.

Yahise aboneraho gushimira abantu Bose nabafana be muri rusange bagiye bamushigikira muburyo butandukanye harimo gukora #subscribe , #like # share nibindi.



Amwe mumafoto yumuhanzi  SYLVA MU






Umunyamakuru wa 

                                 AFRICAN CITIZEN.

Comments

Popular posts from this blog

UMUNYESHURI WARIMUKIZAMINI CYA LETA YATURUMBUTSE MU ISHULI YIRUKA AMASIGAMANA PANDAGARE IMUVUDUKAHO

RWANDA: IMYANZURO MISHYA / IMIPAKA YOSE YAFUNGUWE