Posts

PEREZIDA W'URWANDA PAUL KAGAME YATANGAJEKO INSENGERO ZUZUYEMO ABATEKAMUTWE KO AHUBWO HAFUNZWE NKEYA.

Image
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yerekanye ko nta cyizere gihari cyo kuba insengero zose zafunzwe zizafungura ndetse ko ahubwo banze guhutazana abantu haba harafunzwe izirenzeho. Umukuru w’igihugu yabigarutseho mu kiganiro n’abanyamakuru yakoze kuri uyu wa Kane tariki ya 27 Ugushyingo 2025 muri Village Urugwiro.   Ubwo umunyamakuru yari amubajije ikibazo cy’uko hari insengero zafunzwe ubundi zikuzuza ibisabwa ariko zikaba zitarafungura, Perezida Kagame yavuze ko iyaba we nta rusengero na rumwe rwagafunguwe. Yagize ati: ”Iyo biba njyewe nta nsengero nafungura. [...] Muri ibi byose twavugaga by’izi ntambara ziri ku   Isi no kubaho kw’igihugu, insengero zibifitemo ruhare ki? Nazo ziratanga akazi se? “ Perezida Kagame yerekanye ko abenshi ba nyiri insengero batekera imitwe abantu. Ati: ”Abenshi baba babeshya ariko mubaba hehe mwebwe? Njyewe ko ibyo mbona ari abantu buzuyemo ububandi gusa". "Ni ukurwana n’ububandi bwuzuye mu nsengero, nabyo nta mpuhwe mbifitiye na g...

BUGESERA: YAKATIWE BURUNDU NYUMA YO GUHAMWA NICYAHA CYO KWICA SEKURU

Image
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo ruri aho icyaha cyabereye mu Karere ka Bugesera, mu  Murenge wa Gashora, mu Kagari ka Ramiro,  rwasomye urubanza Ubushinjacyaha buregamo umusore w'imyaka 20 y'amavuko wishe sekuru rumuhanisha igihano cy’igifungo cya burundu.  Icyaha uregwa yari akurikiranyweho cyakozwe ku itariki ya 17 Mata 2025, ubwo uwo musore yakaga sekuru amafaranga ibimbi magana abiri (200,000Frw) yari yaramubikije akanga kuyamuha.  Muri urwo rubanza, uregwa yaburanye yemera icyaha. Avuga ko sekuru nta kibazo bagiranaga ndetse ko ari we wamubikiraga amafaranga yabaga yakoreye. Yakomeje asobanura ko ubwo yamwakaga ayo mafaranga ngo yikemurire ikibazo, umusaza yarayamwimye amubwira nabi ndetse amukubita inkoni na we agize umujinya afata icyuma (Fer a Betoni) cyari hafi akimukubita mu mutwe bikamuviramo urupfu. Urukiko Rwemeje ko uregwa ahamwa n’icyaha cy'ubwicanyi bukozwe ku bushake; rumuhanisha igifungo cya burundu nk’uko biteganywa n’ingingo ya 107 y’Itegeko no 68/2018 ryo...

ABAPOSTINGAGA AMASHUSHO YURUKOZASONI YA YAMPANO ARIGUKORA IMIBONANO , UBU RIB BAMWE IMAZE KUBACAKIRA

Image
Inkuru dukesha IGIHE, NUko  Umuvugizi wa @RIB_Rw, Dr. @Murangira_BT yemeje ko babiri mu bakurikiranweho gusakaza amashusho ya Yampano atera akabariro, mu batawe muri yombi. Abatawe muri yombi ni Ishimwe Patrick uzwi nka Pazzo na Kalisa John uzwi nka K John,  bakaba bafungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kanombe.

NEVER CHANGE YOUR NATURE BECAUSE OF SOMEONE HURTS YOU !

Image
   One day, A man saw a snake dying in a fire and decided to free it from the fire. On being caught, the snake bites him causing excruciating pain. The man immediately dropped the snake and the reptile fell back into the burning fire. At this point, the man, looking around, finds a metal pole and uses it to pull the snake out of the fire again, saving its life. Another man, who saw the incident, approached the man and asked him: “That snake has bitten you! Why are you trying to save his life? The man replies, "The nature of snakes is to bite, but that will not change my nature, which is to help." Don't change your nature because someone hurt you. Do not lose the goodness of your mind, but learn to act carefully. Written by SYLVA _MU

MUSANZE_KINIGI: URUGOMO , NO GUTERA KACI BIKOMEJE KUBA AMAYOBERA

Image
Mukarere ka Musanze , mumurenge wa Kinigi , haramakuru akomeje gucicikana yabaye urujijo kuribenshi avugako abaturage baho bahangayikishijwe cyane nabantu binsoresore bitwikira amajoro bagatangira abantu bakabambura za Telefone,... Bakanakubitwa, aribyo bise gutera Kaci. Ubwo ayamakuru yamenyekanaga, umunyamakuru wa RMC freelancer, Mupenzi, usanzwe anafite izindi nshingano , yanyarukiye Murakagace ka Kinigi ahacumbika igihe kitarigito muburyo bwo gukurikirana neza amakuru atandukanye Murakagace. Yatangarije ikinyamakuru AFRICAN CITIZEN, ko URUGOMO NO GUTERA KACI Murakagace Koko bihari . Inzego zumutekano zikora ibishoboka ngozirwanye insoresore zikora urugomo mumajoro ariko ntibicika. Bamwe barafatwa bagafungwa ariko iyobafunguwe bongera gutera amakaci.  Abaturage bakaba bashishikarizwa cyane gukaza amarondo nogutangira amakuru kugihe ahabahari abakora benurworugomo kugirango bakomeze gukurikiranwa. Ikindi nuko haribamwe mubavuye mugipolisi birukanywe kubera imyitwarire idahwitse, ...

UMUNYESHURI WARIMUKIZAMINI CYA LETA YATURUMBUTSE MU ISHULI YIRUKA AMASIGAMANA PANDAGARE IMUVUDUKAHO

Image
kuruyu wambere, taliki 1/08/2022, Muntara yamajyaruguru mukarere ka Musanze mumurenge wa Kinigi ku kigo cyamashuli cya Kampanga, Hagaragaye UMUNYESHURI wakoze agashya , ubwo yarimo akora ikizamini cya leta maze agaturumbuka mu ISHULI akirukanka AMASIGAMANA. Uyu munyeshuli buriwese yibajije ikimuteye guhaguruka mukizamini akirukanka ariko buriwese biramuyobera. Imodoka ya polisi izwi nka PANDAGARE yahise imwirukaho maze iramugarura bamusubiza mukizamini. Uyu munyeshuli yatangaje benshi ubwo bibajije ikimuteye guhunga ikizamini arinako ibitwenge byendaga guturitsa imbabu kuko ibi byabaye ntibisanzwe mu rwa Gasabo. Ayamakuru atariho ivumbi twayahawe numwe mubari bahibereye witwa Obedi , akaba nawe ubwe ngo byamutangaje ubwo yabonaga PANDAGARE yiruka inyuma yuyu munyeshuli ikamucakira ikamugarura mukizamini.  Icyateye uyumunyeshuli kwirukanka ahunga ikizamini ntikiramenyekana.  Yanditswe na MUPENZI Sylva . Umunyamakuru wa RMC ukorera AFRICAN CITIZEN.

ABANYE KONGO ( DRC ) BATWITSE IBENDERA RY,U RWANDA NONE BARASHAKA NOGUHUNGABANYA IMIPAKA .

Image
Yashizweho na: SYLVA       Yasuwe: 8,210 views   Aya makuru tuyakesha ikinyamakuru IMVAHO NSHYA , Aho cyanditse kigira kiti:   Ku wa Mbere taliki ya 30 Gicurasi 2022, ni bwo hakwirakwiye amafoto ya bamwe mu baturage ba RDC baba i Kinshasa mu Murwa Mukuru wa RDC, bari kuri Ambasade y’u Rwanda bagatwika ibendera ry’Igihugu ndetse bakangiza na bimwe mu bintu bahasanze.  Ni ibintu byabereye mu Mujyi Rwagati Izuba riva, ariko bitigeze bikumirwa n’inzego za Leta, ndetse abo baturage bumvikanye bavuga ko bifuza guca umubano burundu n’u Rwanda ku buryo abakurikiranye iyo myigaragambyo mu bice bitandukanye na bo batangiye kubigana. Kuri uyu wa Gatatu na bwo, abaturage b’Umujyi wa Goma n’uwa Bukavu bazindukiye mu myigaragambyo, aho bakomeje kugaragaza ko badashaka umubano n’u Rwanda. Bamwe muri aba baturage ni abacumbikiwe n’u Rwanda ubwo Ikirunga cya Nyiragongo cyarukaga mu mpera za Gicurasi 2021 no mu bihe by’imitingito yakurikiyeho mu gihe gisaga ibyumweru bibiri....