TWAMUSANZE ABARA AMAFRANGA IZA 5000FR ATUBONYE AYARUNDA MUBIKAPU BIRUZURA TUGIRA UBWOBA.
Ntawundi ,ni umuhanzi nyarwanda SYLVA MU. Ubwo twamugwaga gitumo ngo tumenye ubuzima abahemo, twinjiye iwe twomboka gake gake mpaka iwe murugo. Twasanze umuryango ukinguye duhita tugera kucyumba yararyamyemo dusanga yiherereye abara amafranga menshi cyane nawe atubonye ahita ayarunda mubikapu biruzura . Icyo twabashije kubona nuko zari inote zabitanu. ( 5000fr) gusa . Ikinyamakuru AFRICAN CITIZEN cyagerageje kumubaza aho izo note zose zitukura yazikuye ariko atwima amakuru. Twakomeje guhatiriza nikokutubwirako hari channel ye ya YouTube yubatse imyaka igera muri 3 , akabayaragiye ayikoresha cyane none ikaba yatangiye kumuhemba akayabo kamafranga. Yahise aboneraho gushimira abantu Bose nabafana be muri rusange bagiye bamushigikira muburyo butandukanye harimo gukora #subscribe , #like # share nibindi. Amwe mumafoto yumuhanzi SYLVA MU KALISA Aimable Umunyamakuru wa AFRICAN CITIZEN .