Narungurutse mabuja ari muri dushe aramfata anjyana mu cyumba anyereka n’ibyo ntigeze ndota
Facebook Twitter WhatsApp Emai Sha Iyi nkuru rero yabayeho. Yisome kukinyamakuru cyanyu AFRICAN CITIZEN , maze wiyumvire! Ahaaaaa , ntibyoroshy Muraho neza! Nitwa Alex nkaba mvuka mu karere ka Kayonza, nize amashuri 6 yisumbuye nkaba nkorera umukire i Kigali. Burya nta musore udakubagana nanjye rero byambayeho ndafatwa nzi ko ngiye kwirukanwa none ahubwo byankururiye ibindi ntari nzi yewe ntigeze narota Hari mu masaha ya saa tatu gutyo hafi saa yine, nari ndi mu rugo ndimo gukoropa ku rubaraza, ni uko mabuja aratambuka aransuhuza ati "waramutse Alex" ndamwikiriza. Yarakomeje ajya muri dushi yivugisha ngo twakerewe pe, kuko dukorana kuri depo y’ibyo turanguza. Yagezemo mbona ntakinze, ni uko numva mfite isoni nsa nkuhava ariko nikinga ku rurabyo ndakomeza ndirebera we! mu by’ukuri numvaga mfite ubwoba, ariko na none nkumva ntakurayo ijisho, ndeba uko ateye n’ibindi ntakeka ko nabona, Yaroze umubiri wose mureba, hashize nka 2min duhuza amaso ariko nkeka ko n’ubundi yandebaga ...