Rugarama/ GATSIBO: umunyamabanga nshingwa bikorwa w,umurenge yimuriwe ahandi ,abaturage ba....


umuyobozi mushya yambaye agapfukamunwa kumweru, uwimuriwe Ngarama yambaye umukara.

Mukarere ka GATSIBO ,umuyobozi wari umaze igihe ayobora umurenge wa Rugarama, Madame Kavutse Epiphanie , yimuriwe kuyobora umurenge wa Ngarama ndetse nabamwe mubakozi bakoranaga nawe bakaba bimuriwe ahandi.

Iri yimurwa ribayeho nyuma yiminsi , hagiye hagaragara ibibazo bigiye bitandukanye ndetse harimo nurupfu rwumuntu umwe witwa Ntabajyana waje kugwa kuruyu murenge wa Rugarama,aho yari yakuwe iwe azanywe nuwahoze Ari Rib witwaga Migambi, kuruyu murenge , inzego zitandukanye zohejuru zikaza kumenya ko uyu Ntabajyana yaguye aho, zikamanuka zikabikurikirana ndetse ababigizemo uruhare bakabihanirwa.

Ubu rero Uyu Epiphanie akaba atakiri umuyobozi w,umurenge wa Rugarama. Ubu arimo kuyobora umurenge wa Ngarama, akaba yarasimbuwe nuwahoze munzego z,akarere ka GATSIBO, Ndetse abantu benshi bakaba barabyishimiye cyane . 

Ikindi nuko ninzego zumutekano nazo zahinduwe Yaba Rib cg Comanda. Ubu buriwese akaba yishimira impinduka zagiye zibaho mubuyobozi bwo mumurenge wa Rugarama.

Comments

Popular posts from this blog

TWAMUSANZE ABARA AMAFRANGA IZA 5000FR ATUBONYE AYARUNDA MUBIKAPU BIRUZURA TUGIRA UBWOBA.

RWANDA: IMYANZURO MISHYA / IMIPAKA YOSE YAFUNGUWE

UMUNYESHURI WARIMUKIZAMINI CYA LETA YATURUMBUTSE MU ISHULI YIRUKA AMASIGAMANA PANDAGARE IMUVUDUKAHO